Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

UMUTWE WA 2

“Akunda imanza zitabera”

“Akunda imanza zitabera”

Akarengane karogeye mu isi ya none, kandi mu buryo budakwiriye, abantu benshi babiryoza Imana. Nyamara, Bibiliya yigisha ukuri gususurutsa umutima, kugira kuti “Uwiteka akunda imanza zitabera” (Zaburi 37:28). Muri uyu mutwe, tuziga ibihereranye n’ukuntu yagaragaje ko ayo magambo ari ay’ukuri binyuriye mu gutuma abantu bose bagira ibyiringiro.

IBIRIMO

IGICE CYA 11

“Inzira Ze Zose Zirangwa n’Ubutabera”

Ni mu buhe buryo ubutabera bw’Imana ari umuco utuma tumwegera?

IGICE CYA 12

Mbese, “Imana Irakiranirwa?”

Niba Yehova yanga akarengane, kuki kogeye mu isi?

IGICE CYA 13

‘Amategeko y’Uwiteka Aratunganye’

Ni mu buhe buryo amategeko yimakaza urukundo?

IGICE CYA 14

Yehova Yatanze ‘Incungu [ku bwa] Benshi’

Inyigisho yoroshye kumva ariko yimbitse, ishobora kugufasha kwegera Imana.

IGICE CYA 15

Yesu ‘Azashyira Ubutabera mu Isi’

Ni mu buhe buryo Yesu yaharaniye ubutabera mu gihe cyashize? Muri iki gihe abikora ate? Kandi se ni mu buhe buryo azashyira ubutabera mu isimu gihe kizaza?

IGICE CYA 16

‘Kora Ibyo Gukiranuka’ Ugendana n’Imana

Kuki Yesu yatanze umuburo ugira uti “ntimugacire abandi urubanza mu mitima yanyu, kugira ngo namwe mutazarucirwa”?