Agashya!
BA INCUTI YA YEHOVA IMYITOZO
Ibyo nakora kugira ngo mbatizwe
Menya ibintu muntu aba akwiriye gukora kugira ngo yemererwe kubatizwa, kandi ufashe abana bawe kugera ku ntego zabo zo mu buryo bw’umwuka.
AGATABO K’ITERANIRO RY’UMURIMO
Nzeri–Ukwakira 2023
KOMEZA KUBA MASO
Umuyobozi mukuru wo mu rwego rw’ubuzima yatanze umuburo w’uko imbuga nkoranyambaga zishobora kwangiza abakiri bato.—Ni iki Bibiliya ibivugaho?
Reba amahame atatu yo muri Bibiliya yafasha ababyeyi kurinda abana babo.
ABABYEYI N’ABASHAKANYE
Uko abashakanye bakwirinda gufuha
Iyo abashakanye batizerana ntibashobora kugira ibyishimo. None se wakora iki ngo wirinde gufuha nta mpamvu?
AMAKURU
“Nta kintu na kimwe twabuze”
KOMEZA KUBA MASO
Amafaranga akoreshwa mu bikorwa bya gisirikare yarenze miriyali 2.000 z’amadolari.—Ni iki Bibiliya ibivugaho?
Bibiliya yari yarahanuye ko ibihugu bikomeye byari guhangana bishaka kumenya igikomeye kurusha ikindi. Ibyo byari gutuma bikoresha amafaranga menshi.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Kanama 2023
Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 9 Ukwakira–5 Ugushyingo 2023.
KOMEZA KUBA MASO
Ese ubwenge bw’ubukorano buzafasha abantu cyangwa buzabateza ibibazo?
Bibiliya isobanura impamvu tutakwizera neza niba ikoranabuhanga abantu bavumbura, rizakoreshwa mu bintu byiza gusa
INDIRIMBO ZISANZWE
Nyegera
Imana yita cyane ku bantu bose bifuza kuba inshuti zayo aho baba baturuka hose.
IBISOBANURO BY’IMIRONGO YO MURI BIBILIYA
Icyo mu Migani 16:3 hasobanura—“ Ibikorwa byawe biragize Uhoraho”
Impamvu ibyiri zikwiriye gutuma abantu bashaka ubuyobozi buturuka ku Mana mu gihe bagiye gufata imyanzuro.
IBISOBANURO BY’IMIRONGO YO MURI BIBILIYA
Icyo mu 1 Abakorinto 10:13 hasobanura—“Imana ni iyo kwizerwa”
Ni mu buhe buryo kuba Imana ari iyo kwizerwa bidufasha mu gihe duhanganye n’ikigeragezo
IBISOBANURO BY’IMIRONGO YO MURI BIBILIYA
Icyo muri Luka 2:14 hasobanura—“Ku isi abantu yishimira bagire amahoro”
None se, ayo magambo asobanura iki ku bantu bo muri iki gihe?
INDIRIMBO ZISANZWE
Baho nk’uzabaho iteka
Dushobora kubaho twishimye kandi tukagira ubuzima bufite intego ubu n’iteka ryose.