Agashya!
IBIBAZO URUBYIRUKO RWIBAZA
Kurambagiza—Igice cya 3: Ese duhagarike ubucuti twari dufitanye?
Ese wagombye gukomeza gukundana n’umuntu niba hari ibintu ushidikanyaho? Iyi ngingo ishobora kugufasha gufata umwanzuro.
KOMEZA KUBA MASO
Intambara zizarangira ryari?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?
Vuba aha intambara zose zizashira. Bibiliya isobanura uko ibyo bizagenda.
INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO
Håkan Davidsson: Nifatanyije mu guteza imbere ukuri ko muri Bibiliya
Håkan yishyiriyeho intego zo gukorera Yehova akiri muto, aho gukurikira abenshi mu rungano rwe babagaho binezeza.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Kwiyigisha neza bizagufasha gukomeza kuba maso
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Ibibazo by’abasomyi—Nyakanga 2024
‘Umugore’ uvugwa muri Yesaya 60:1 ni nde, kandi se ‘ahaguruka’ ate, ‘akamurika’ ate?
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Uko wamenyera itorero rishya
Hari Abakristo benshi bimukiye mu yandi matorero bikagenda neza. Ni iki cyabiteye? Riba ibintu bine byagufasha mu gihe wimukiye mu rindi torero.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Nyakanga 2024
Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 9 Nzeri–6 Ukwakira 2024.
AMAKURU
“Gucika intege byo ntibirimo”
IZINDI NGINGO
Gufasha abandi byatuma urwanya irungu—Ni iki Bibiliya ibivugaho?
Reba ibintu bibiri bishobora gutuma ufasha abandi.
AMASOMO TUVANA KU NCUTI ZA YEHOVA—IMYITOZO
Hananiya, Mishayeli na Azariya
Ni iki wakwigira ku ncuti za Yehova ari zo Hananiya, Mishayeli na Azariya?
AMAKURU
‘Yehova ni we umpumuriza’
UKO IMPANO UTANGA ZIKORESHWA
Kwita ku Mazu y’Ubwami
Ku isi hose hari Amazu y’Ubwami arenga 60.000. Ni iki dukora kugira ngo tuyiteho?
IBITABO N’UDUTABO
2024 Porogaramu y’ikoraniro ry’iminsi itatu ‘Mutangaze ubutumwa bwiza’
IBITABO N’UDUTABO
Urupapuro rutumirira abantu kuza mu ikoraniro ry'iminsi itatu 2024
AGATABO K’ITERANIRO RY’UMURIMO
Nyakanga–Kanama 2024
ESE BYARAREMWE?
Igikonoshwa cy’agasimba kameze nk’inyenzi y’umukara—Ese byararemwe?
None se ni iki gifasha ako gasimba kwihanganira uburemere bwinshi?