Agashya!
INDIRIMBO ZISANZWE
Ndakwizera
Mu gihe umuryango umwe wari uhanganye n’ibibazo by’imvururu za gipolitike n’ihungabana ry’ubukungu, wabonye ihumure riturutse kuri Yehova, urushaho kugira imbaraga, ibyiringiro n’ukwizera.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Ibivugwa muri Bibiliya—‘Niba bishoboka, mubane amahoro n’abantu bose’
Abakristo b’ukuri bagerageza kubana amahoro na buri wese, ariko si ko buri gihe biba bishoboka. Kubera iki?
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Ibintu bitatu byagufasha kumara igihe gihagije usenga
Wakora iki ngo ujye umara igihe gihagije usenga, maze ubwire Imana wisanzuye ibyo utekereza n’uko wiyumva?
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Kuki ari byiza ko ufata umwanya ukaba uri wenyine?
Reba icyo Yesu yakoraga kugira ngo abone umwanya wo kuba ari wenyine atuje n’impamvu dukwiriye kumwigana.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Ese uribuka?—Ukuboza 2026
Ese wasomye amagazeti y’Umunara w’Umurinzi aheruka gusohoka? Reba niba hari ibyo wibukamo.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Ukuboza 2026
Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 1-28 Gashyantare 2027.
IBIBAZO ABANTU BAKUNZE KWIBAZA
Ese Abahamya ba Yehova bahemberwa imirimo bakora mu idini ryabo?
Ntiduhemberwa imirimo yacu ya Gikristo. Menya ibice bitandukanye by’umurimo wacu n’uko ushyigikirwa.
INDIRIMBO ZISANZWE
“Ufite agaciro kenshi”
Yehova abona ko ufite agaciro nubwo wowe atari uko waba ubibona. Videwo y’iyi ndirimbo itwibutsa ko turi ab’agaciro kenshi imbere ya Yehova n’abagaragu be, nubwo twe twaba twumva ko tutitaweho.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Uko wakwiyigisha—Jya uvana amasomo menshi muri videwo zacu
Reba inama zagufasha kuvana amasomo menshi muri videwo zo ku rubuga rwa jw.org
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Jya wishimira ko mu itorero harimo abantu batandukanye
Twakora iki ngo imico dutandukaniyeho n’abavandimwe na bashiki bacu turusheho kuyibona mu buryo bukwiriye kandi tuyibashimire?
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Abasirikare barindaga ba Kayisari bambaraga bate?
Reba uko aba basirikare batoranyijwe bambaraga n’uko bashoboraga kumenyekana.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Uko wakwitoza kunyurwa mu gihe hari ubukene
Suzuma amahame ane yo muri Bibiliya yagufasha kunyurwa uko waba ubayeho kose.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Ugushyingo 2026
Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 4-31 Mutarama 2027.

