Agashya!
AMAKURU
“Yehova abona ibimbaho byose”
Ubutumwa bwiza bwerekeye Yesu—Irangiro rya videwo
Aha urahasanga videwo ivuga ku murongo runaka wo muri Bibiliya, mu ruhererekane rwa videwo zifite umutwe uvuga ngo: “Ubutumwa bwiza bwerekeye Yesu.”
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Jya wita ku mafoto
Reba uko amafoto yo mu bitabo byacu, yadufasha kwibuka ibintu by’ingenzi twize.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Mata 2025
Iyi gazeti irimo ibice bizigwa ku itariki ya 9 Kamena–13 Nyakanga 2025.
AGATABO K’ITERANIRO RY’UMURIMO
Gicurasi-kamena 2025
AGATABO K’ITERANIRO RY’UMURIMO
Gicurasi-kamena 2025
IBITABO N’UDUTABO
Urupapuro rutumirira abantu kuza mu Rwibutso 2025
IZINDI NGINGO
Ni iki Bibiliya ivuga ku ntambara y’ibitwaro bya kirimbuzi?
Bibiliya ntiyemeza ko hazabaho intambara y’ibitwaro bya kirimbuzi. Icyakora, gutinya ko hazabaho iyo ntambara bituruka ku bintu bitandukanye Bibiliya yari yarahanuye ko byari kubaho. Kandi ivuga uko bizavaho.
KOMEZA KUBA MASO
Uko wagira ibyishimo no mu gihe uhanganye n’ibibazo—Icyo Bibiliya ibivugaho
Menya icyo wakora kugira ngo ugire ibyishimo no mu gihe waba uhanganye n’ibibazo.
IBITABO N’UDUTABO
Raporo y’Isi Yose y’Abahamya ba Yehova y’Umwaka w’Umurimo wa 2024
Reba uko umurimo ukorwa n’Abahamya ba Yehova wagenze kuva muri Nzeri 2023 kugeza muri Kanama 2024.
INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO
Ibolya Bartha: Nafashije umugabo wanjye nta jambo mvuze
Ibolya yamaze imyaka 13 arwanywa n’umugabo we. Yabonye ko uretse ibihe bihinduka ahubwo ko n’abantu bashobora guhinduka.