Ibikorwa by’Abahamya ba Yehova
Umurimo dukora wo kubwiriza
Gahunda yo kubwiriza muri Lapland yageze kuri byinshi
Menya ukuntu abasangwabutaka bo muri Lapland bakiriye ubutumwa bwiza Abahamya babagejejeho.
Gahunda yo kubwiriza muri Lapland yageze kuri byinshi
Menya ukuntu abasangwabutaka bo muri Lapland bakiriye ubutumwa bwiza Abahamya babagejejeho.
Umurimo dukora wo kwandika ibitabo
Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’isi nshya ivuguruye yasohotse mu Cyesipanyoli
Bishoboka bite ko abahinduzi bahindura Bibiliya mu rurimi rw’Icyesipanyoli gikoreshwa ku isi hose kandi n’ijambo rimwe ubwaryo rishobora kugira ibisobanuro byinshi?
Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’isi nshya ivuguruye yasohotse mu Cyesipanyoli
Bishoboka bite ko abahinduzi bahindura Bibiliya mu rurimi rw’Icyesipanyoli gikoreshwa ku isi hose kandi n’ijambo rimwe ubwaryo rishobora kugira ibisobanuro byinshi?
Ibirori byihariye
I Roma hahuriye abantu benshi bataherukanaga
Abahamya ba Yehova babarirwa mu bihumbi batuye i Burayi bavuga igitagalogi bahuriye hamwe mu ikoraniro ry’iminsi itatu.
I Roma hahuriye abantu benshi bataherukanaga
Abahamya ba Yehova babarirwa mu bihumbi batuye i Burayi bavuga igitagalogi bahuriye hamwe mu ikoraniro ry’iminsi itatu.
Imishinga y’ubwubatsi
Amafoto yo mu Bwongereza (Igice cya 8: Werurwe kugeza muri Kanama 2019)
Imirimo ya nyuma yo ku mazu y’amacumbi, ibiro n’andi akorerwamo imirimo itandukanye iri hafi kurangira. Abatunganya ubusitani na bo bakomeje imirimo yabo.
Amafoto yo mu Bwongereza (Igice cya 8: Werurwe kugeza muri Kanama 2019)
Imirimo ya nyuma yo ku mazu y’amacumbi, ibiro n’andi akorerwamo imirimo itandukanye iri hafi kurangira. Abatunganya ubusitani na bo bakomeje imirimo yabo.
Gufasha abandi
Abahamya bita ku bafite ubumuga bwo kutumva bo muri Indoneziya
Videwo zo mu rurimi rw’amarenga zifasha abafite ubumuga bwo kutumva muri Indoneziya.
Abahamya bita ku bafite ubumuga bwo kutumva bo muri Indoneziya
Videwo zo mu rurimi rw’amarenga zifasha abafite ubumuga bwo kutumva muri Indoneziya.
Ubuzima bwo kuri Beteli
Bazimije inkongi y’umuriro
Bakoresheje imyitozo bari barahawe.
Bazimije inkongi y’umuriro
Bakoresheje imyitozo bari barahawe.