Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi na Nimukanguke! mu mwaka wa 2020

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi na Nimukanguke! mu mwaka wa 2020

Rigaragaza igazeti ingingo yasohotsemo

UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA

ABAHAMYA BA YEHOVA

  • 1920—Hashize imyaka ijana, Ukw.

  • Tuge twumvira amajwi y’impanda, Kam.

  • Yehova aha imigisha abasubira mu bihugu byabo, Ugu.

BIBILIYA

  • Ibyataburuwe mu matongo bigaragaza ko Belushazari yabaye umwami, Gas.

IBIBAZO BY’ABASOMYI

  • Abarinzi b’urusengero rw’Abayahudi bari bantu ki, kandi bari bashinzwe iki? Wer.

  • Ese ibivugwa mu 1 Abakorinto 15:29, bisobanura ko Abakristo babatirizwaga abapfuye? Uku.

  • Ese imico ivugwa mu Bagalatiya 5:22, 23 ni yo yonyine igize “imbuto z’umwuka”? Kam.

  • Ese mu Migani 24:16 herekeza ku muntu ukora ibyaha kenshi? Uku.

  • Ese mu Mubwiriza 5:8 havuga abategetsi b’abantu cyangwa ni Yehova? Nze.

  • Ni ryari Yesu yabaye Umutambyi Mukuru, kandi se ni ryari isezerano rishya ryatangiye gukurikizwa? Nya.

IBICE BYO KWIGWA

  • “Abapfuye bazazurwa bate?” Uku.

  • Dukunda Data Yehova cyane, Gas.

  • Ese abana bawe bazakorera Imana? Ukw.

  • Ese ushimira Yehova ku bw’impano yaguhaye? Gic.

  • Ese utegereza “umugi wubatse ku mfatiro z’ukuri”? Kan.

  • Ese witeguye gukomeza kwemera inama? Ugu.

  • Ese witeguye kubatizwa? Wer.

  • Ese witeguye kubwiriza ubutumwa bwiza? Nze.

  • Gira ubutwari—Yehova ni we ugufasha, Ugu.

  • Gukunda Yehova bizatuma ubatizwa, Wer.

  • Hatanira ‘kurangiza isiganwa,’ Mata

  • Icyo wakora kugira ngo udakomeza gucika intege, Uku.

  • Igitero giturutse mu majyaruguru, Mata

  • ‘Iyo mfite intege nke ni bwo ngira imbaraga,’ Nya.

  • “Izina ryawe niryezwe,” Kam.

  • Jya uharanira amahoro urwanya ishyari, Gas.

  • Jya ureka Yehova aguhumurize, Gas.

  • “Jya urinda icyo waragijwe,” Nze.

  • Jya ushimira Yehova ku bw’impano yaduhaye zitaboneshwa amaso, Gic.

  • Jya ushyigikira Abakristokazi bo mu itorero ryawe, Nze.

  • Jya wemera udashidikanya ko wabonye ukuri, Nya.

  • Jya wubaha abagize itorero, Kan.

  • “Jye ubwanjye nzashakisha intama zanjye,” Kam.

  • Komeza kugendera mu kuri, Nya.

  • Komeza kureba ibiri imbere, Ugu.

  • Korera Imana wicishije bugufi, Kan.

  • Koresha neza igihe cy’amahoro, Nze.

  • “Mbita incuti,” Mata

  • ‘Mpa kugira umutima umwe, kugira ngo ntinye izina ryawe,’ Kam.

  • Mukundane cyane, Wer.

  • ‘Nimugende muhindure abantu abigishwa,’ Mut.

  • “Nimungarukire,” Kam.

  • Ni ryari wagombye kuvuga? Wer.

  • Ntimukitekerezeho ibirenze ibyo mugomba gutekereza, Nya.

  • “Ntugatume ukuboko kwawe kuruhuka,” Nze.

  • Tuge twita ku bandi kandi tubagirire impuhwe, Mata

  • Turajyana namwe, Mut.

  • Twizeye rwose ko abapfuye bazazuka, Uku.

  • Ubona ute abantu bo mu ifasi yawe? Mata

  • Ufite akamaro mu itorero, Kan.

  • Uko twafasha abandi gukurikiza ibyo Kristo yategetse, Ugu.

  • Uko twakwigisha umuntu Bibiliya akabatizwa—Igice cya kabiri, Ukw.

  • Uko twakwigisha umuntu Bibiliya akabatizwa—Igice cya mbere, Ukw.

  • Umuzuko ugaragaza ko Imana idukunda, ifite ubwenge, ikanihangana, Kan.

  • “Umwami wo mu majyaruguru” mu gihe k’imperuka, Gic.

  • “Umwami wo mu majyaruguru” ni nde muri iki gihe? Gic.

  • ‘Umwuka w’Imana uhamya ko ari abana b’Imana,’ Mut.

  • Ushobora guhumuriza abandi, Mut.

  • ‘Yehova akiza’ abacitse intege, Uku.

  • Yehova ayobora umuryango we, Ukw.

  • Yehova Imana yawe aguha agaciro, Mut.

  • Yehova ni Data udukunda cyane, Gas.

IBINDI

  • Abami bashyamirana mu gihe k’imperuka, Gic.

  • Ibimenyetso bigaragaza ko Abisirayeli babaye abacakara muri Egiputa, Wer.

IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO

  • Kumenya kwifata ni umuco w’ingenzi utuma Yehova atwemera, Kam.

  • Kwitonda bidufitiye akahe kamaro? Gic.

  • Shyira umutima ku murimo, Uku.

INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

  • Kwigana abantu b’intangarugero byatumye Yehova ampa imigisha (L. Crépeault), Gas.

  • Nakoze ibyo nagombaga gukora (D. Ridley), Nya.

  • “Turi hano! Mube ari twe mutuma!” (J. na M. Bergame), Wer.

  • “Yehova ntiyanyibagiwe” (M. Herman), Ugu.

UMUNARA W’UMURINZI UGENEWE ABANTU BOSE

  • Ubwami bw’Imana ni iki? No. 2

  • Wakora iki ngo Imana iguhe imigisha? No. 3

  • Wakora iki ngo umenye ukuri? No. 1

NIMUKANGUKE!

  • Ese ivangura rizashira? No. 3

  • Ihumure ku bantu bahangayitse, No. 1

  • Kuki hariho imibabaro? No. 2