NIMUKANGUKE! Gashyantare 2015 | Ese Bibiliya ifite akamaro muri iki gihe?

Suzuma amahame ane y’ingirakamaro urebe n’ukuntu afite agaciro nk’ako yari afite igihe yandikwaga.

INGINGO Y'IBANZE

Ese Bibiliya ifite akamaro muri iki gihe?

Igihe Hilton yavaga iwabo, ababyeyi be bumvaga ko yarenze ihaniro. Ariko igihe yagarukaga nyuma y’imyaka 12, yari yarahindutse cyane ku buryo bamuyobewe. Byari byaragenze bite?

INGINGO Y'IBANZE

Amahame areba bose kandi ahuje n’igihe—Kuba inyangamugayo

Raquel yashoboraga kubona amafaranga menshi iyo aza kwemera ruswa, ariko kuko yayanze ubu yumva yarabonye ikiruta ayo mafaranga.

INGINGO Y'IBANZE

Amahame areba bose kandi ahuje n’igihe—Kumenya kwifata

Ni iki cyafashije umugabo witwa Cassius kugabanya uburakari?

INGINGO Y'IBANZE

Amahame areba bose kandi ahuje n’igihe—Ubudahemuka

Umugore yitoje kudaca inyuma uwo bashakanye bimugoye. Ese byamugiriye akamaro?

INGINGO Y'IBANZE

Amahame areba bose kandi ahuje n’igihe—Urukundo

Bibiliya ivuga iby’urukundo kenshi, ariko urukundo rw’abantu badahuje igitsina iruvuga gake.

HIRYA NO HINO KU ISI

Ibivugwa ku buzima

Amakuru ya vuba agaragaza ko ibyo Bibiliya ivuga ku buzima ari ukuri.

Ubwenge buzakurinda

Umugani wo muri Bibiliya ugira uti “incungu y’ubugingo bw’umuntu ni ubutunzi bwe, ariko umukene nta cyo akangishwa.” usobanura iki?

INAMA ZIGENEWE UMURYANGO

Mu gihe umwana akubajije ibirebana n’urupfu

Ibintu bine byagufasha gusubiza umwana ibirebana n’urupfu no kwihanganira gupfusha.

IKIGANIRO

Impamvu umupadiri yasezeye mu idini rye

Menya ukuntu Antonio Della Gatta yegereye Imana.

ICYO BIBILIYA IBIVUGAHO

Mesiya

Ese wari uzi ko Bibiliya yahanuye ko Mesiya yari kuzapfa mbere yo kurangiza umurimo we?

ESE BYARAREMWE?

Amababa y’ibisiga bitumbagira mu kirere

Abakora indege bazigamye litiro miriyoni 7.600 za benzine mu mwaka umwe bitewe n’uko biganye amababa y’ibisiga.

Ibindi wasomera kuri interineti

Jya ukoresha neza imbuga nkoranyambaga

Inama zagufasha gushyikirana n’inshuti zawe kuri interineti.

Gutanga bihesha ibyishimo

Hari ibintu byinshi waha abandi. Ese hari ibyo utekereza