UMUNARA W’UMURINZI No. 2 2019 | Kubaho bimaze iki?

Ese waba warigeze guhura n’ikibazo gikomeye kigatuma wibaza icyo kubaho bimaze?

Mu gihe wumva ubuzima bukurambiye

Ushobora kwishimira ubuzima nubwo waba uhanganye n’ibibazo.

Mu gihe habaye ibiza

Bibiliya ikugira inama zagufasha kwihangana mu gihe wagwiririwe n’ibiza.

Mu gihe upfushije uwo wakundaga

Ibintu bitanu byagufasha kwihangana mu gihe upfushije uwo wakundaga.

Mu gihe uwo mwashakanye aguciye inyuma

Abenshi mu bahemukiwe n’abo bashakanye bagiye bahumurizwa n’Ibyanditswe.

Mu gihe urwaye indwara ikomeye

Reba icyafashije bamwe kwihangana mu gihe bari barwaye indwara ikomeye.

Mu gihe wumva utagishaka kubaho

Ese wigeze wumva urambiwe ubuzima ku buryo wumva wakwipfira bikarangira? Ni he wakura ihumure?

Impamvu wagombye kwishimira ubuzima

Nubwo abandi bashobora kuba batiyumvisha neza ibibazo ufite, Imana yo ikwitaho kandi yifuza kugufasha.

Imana ‘ikwitaho’

Iyi mirongo y’Ibyanditswe ishobora kuguhumuriza kandi ikagukomeza.