Abo turi bo

Abahamya ba Yehova ni bantu ki?

Abahamya ba Yehova ni umuryango mpuzamahanga wo mu rwego rw’idini. Dusenga Yehova Imana Ishoborabyose ikaba n’Umuremyi wacu (Zaburi 83:18; Ibyahishuwe 4:11). Turi Abakristo kandi twemera ko Yesu Kristo ari umwana w’Imana akaba n’Umukiza wacu (Yohana 3:16; Ibyakozwe 4:10-12). Inyigisho zacu zose zishingiye kuri Bibiliya (2 Timoteyo 3:16). Turagusaba gusura urubuga rwacu kugira ngo umenye ibyo twizera kandi uzakoreshe Bibiliya yawe mu gihe uzaba usoma ibiri kuri urwo rubuga.

Reba videwo ifite umutwe uvuga ngo: “Abahamya ba Yehova ni bantu ki?” kugira ngo umenye byinshi ku Bahamya ba Yehova.

Imibare

Amakuru ya buri gihugu

Frequently Asked Questions

Abahamya ba Yehova bizera iki?

Reba muri make ibintu 15 by’ingenzi twizera.

Kuki hari iminsi mikuru Abahamya ba Yehova batizihiza?

Reba ibisubizo by’ibibazo bine abantu bakunda kwibaza ku bihereranye n’Abahamya ba Yehova hamwe n’iminsi mikuru.

Kuki Abahamya ba Yehova batizihiza iminsi mikuru y’amavuko?

Suzuma ibintu bine bigaragaza impamvu Imana idashimishwa n’iyo minsi.

Kuki Abahamya ba Yehova badaterwa amaraso?

Hari ibintu byinshi abantu bibeshya ku Bahamya ba Yehova no ku kibazo cyo guterwa amaraso. Reba imyizerere yabo kuri iyi ngingo.

Ese Abahamya ba Yehova ni Abakristo?

Suzuma aho dutandukaniye n’andi madini yiyita aya gikristo.

Ibindi bibazo abantu bakunze kwibaza ku Bahamya ba Yehova

Ibonere ibisubizo by’ibibazo byinshi ujya wibaza ku Bahamya ba Yehova.

Contact Us

Saba gusurwa

Muzaganira ku bibazo bishingiye kuri Bibiliya cyangwa ku byerekeye Abahamya ba Yehova

Jya mu materaniro

Menya ibyerekeye amateraniro yacu, umenye n’aho amateraniro yacu abera hafi y’aho utuye.

Andikira Abahamya ba Yehova

Aderesi z’Abahamya ba Yehova hirya no hino ku isi.

Gusura Beteli

Reba aho ushobora gusura hafi yawe.