Tumenye amateka yacu—Kwigisha dukoresheje filimi na videwo
Hashize imyaka irenga 100, Abahamya ba Yehova bakoresha filimi na videwo mu materaniro no mu murimo wo kubwiriza.
Ingingo bifitanye isano
Ububiko bwacuIbindi wamenya
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Filimi ikomeza ukwizera imaze imyaka 100
Muri uyu mwaka, filimi ivuga iby’irema yateguriwe gufasha abantu kwizera ko Bibiliya ari Ijambo ry’Imana, izaba imaze imyaka 100 yerekanywe ku ncuro ya mbere.
UMURIMO WO KWANDIKA IBITABO
Videwo zahinduwe mu ndimi amagana
Videwo ifite umutwe uvuga ngo “Mu Nzu y’Ubwami hakorerwa iki?” imaze guhindurwa mu ndimi hafi 400, na ho ifite umutwe uvuga ngo “Kuki ukwiriye kwiga Bibiliya?” imaze guhindurwa mu ndimi zisaga 550.
INKURU ZICUKUMBUYE
Ubwami bw’Imana bumaze imyaka 100 butegeka
Abageze mu za bukuru bakomeje kuba indahemuka bavuga ibyabayeho n’imigisha baboneye mu murimo wa Yehova. Ese ubona Ubwami bw’Imana ari ubutegetsi nyakuri nk’uko babibona?
UMURIMO WO KWANDIKA IBITABO
Filimi zisusurutsa umutima
Abahamya ba Yehova basohoye filimi z’abana z’uruhererekane zigisha abana amahame mbwirizamuco n’amasomo yo mu buryo bw’umwuka y’ingenzi. Abantu bazitabiriye bate?
UKO IMPANO UTANGA ZIKORESHWA
Mu makoraniro y’iminsi itatu ‘turareba kandi tukumva’
Reba ibintu bikorwa kugira ngo amajwi n’amashusho bitugereho neza mu ikoraniro.
ABO TURI BO
Jya mu materaniro
Menya ibyerekeye amateraniro yacu, umenye n’aho amateraniro yacu abera hafi y’aho utuye.