Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

8-14 Kamena

INTANGIRIRO 46-47

8-14 Kamena

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

  • Babonye ibyokurya mu gihe cy’amapfa”: (Imin. 10)

    • It 47:13—Muri Egiputa n’i Kanani hateye amapfa (w87 1/5 15 par. 2)

    • It 47:16, 19, 20—Abanyegiputa bagombaga kugira ibyo batanga kugira ngo babone ibyokurya bakomeze kubaho

    • It 47:23-25—Tugomba gushyiraho imihati kugira ngo twigaburire ibyokurya byo mu buryo bw’umwuka dutegurirwa muri iki gihe (kr 235 par. 11-12)

  • Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)

    • It 46:4—Ni iki Yehova yashakaga kuvuga, igihe yavugaga ko Yozefu yari ‘kuzabumba’ amaso ya Yakobo? (it-1 220 par. 1)

    • It 46:26, 27—Abantu bose bakomoka kuri Yakobo bajyanye na we muri Egiputa bari bangahe? (“Bose hamwe bari 75” Ibisobanuro, Ibk 7:14, nwtsty)

    • Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru byakwigishije iki kuri Yehova, ku murimo wo kubwiriza n’ibindi?

  • Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) It 47:1-17 (th ingingo ya 10)

JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO