NIMUKANGUKE! Ugushyingo 2012

INGINGO Y'IBANZE

Ushobora kugira icyo ugeraho

Ababyeyi barera abana bonyine bo hirya no hino ku isi bashoboye kurera abana babo neza. Reba icyo babivuzeho.

INGINGO Y'IBANZE

Shaka abagushyigikira

Ni mu buhe buro wajya ubona abagufasha mu gihe ubikeneye?

INGINGO Y'IBANZE

Jya umenya gushyikirana

Ni ayahe mahame ya Bibiliya yagufasha gushyikirana neza n’abana bawe?

INGINGO Y'IBANZE

Mujye mushyira iby’ingenzi mu mwanya wa mbere

Menya iby’ingenzi kurusha ibindi kandi abe ari byo ushyira imbere.

INGINGO Y'IBANZE

Jya ushyiriraho abana amabwiriza asobanutse

Gushyiriraho abana imipaka batagomba kurenga bishobora kugorana. Wabigeraho ute?

INGINGO Y'IBANZE

Bashyirireho amahame mbwirizamuco

Bibiliya yagufasha ite kwigisha abana bawe amahame agenga imyifatire?

INGINGO Y'IBANZE

Jya ushakira ubuyobozi ku Mana

Ese Imana yita ku babyeyi bareba abana ari bonyine? Menya uko Imana yafashije benshi.

ESE BYARAREMWE?

Utubaba tw’isazi

Ese wigeze wibaza impamvu gufata isazi bigoye? Reba icyo abashakashatsi bagezeho.

Bibiliya ni igitabo cy’ubuhanuzi nyakuri, Igice cya 7

Bibiliya yahanuye ibibi byose bizavaho. Bizavaho gute kandi ryari?

Mbega igisiga kiririmba neza!

Ese wigeze wumva amwe mu majwi y’icyo gisiga? Menya amajwi yacyo atandukanye.

IBIBAZO URUBYIRUKO RWIBAZA

Nahangana nte n’imihangayiko?

Menya igituma abantu bahangayika n’uko wahangana na cyo.

INKURU IVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

Ntibigeze bantakariza icyizere

Ni mu buhe buryo umugabo wari umusinzi n’umunyarugomo yahindutse?

ICYO BIBILIYA IBIVUGAHO

Ese kurata ibyo utunze birakwiriye?

Ese wifuza incuti zikunda ibyo utunze cyangwa wifuza incuti zigukunda uko uri?

Abahanga mu gukora imashini bo hagati y’ikinyejana cya 5 n’icya 15

Ni ryari ibikoresho byikoresha byatangiye kugaragara? Kubimenya bishobora kugutangaza.

Ibanga ryo gusobanukirwa Bibiliya

Gusuzuma Bibiliya ingingo ku yindi bidufasha kuyisobanukirwa neza. Mu buhe buryo?

Hirya no hino ku isi

Ingingo: Ingaruka zo guteresha umupira umutwe, ingaruka z’imodoka zikoreshwa umuriro w’amashanyarazi n’amafaranga agenda ku byangijwe n’ibiza.

Urubuga rw’abagize umuryango

Muri uku kwezi menya ibirebana n’ibyaremwe, uko Yonatani yarinze Dawid n’Abahamya bo muri Miyanimar.