UMUNARA W’UMURINZI Nzeri 2013 | Kuki hariho imibabaro myinshi? Izarangira ryari?
Bibiliya ivuga iki ku birebana n’imibabaro? Abantu bazahura na yo kugeza ryari?
INGINGO Y'IBANZE
Hapfuye abantu benshi b’inzirakarengane
Twibonera ko iyi si yacu yuzuyemo imibabaro, kandi akenshi abantu bazira amaherere. Ese Imana ni yo nyirabayazana?
INGINGO Y'IBANZE
Kuki hariho imibabaro myinshi?
Menya impamvu hariho imibabaro n’ibyiringiro dushobora kugira.
INGINGO Y'IBANZE
Imibabaro iri hafi kurangira
Imana yasezeranyije ko izakuraho ibiteza imibabaro byose. Izabikora ite kandi izabikora ryari?
INKURU IVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO
Nubwo dukennye turakize mu buryo bw’umwuka
Alexander Ursu yiboneye ko nta washoboraga guhagarika umurimo, yewe no muri Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti. Soma inkuru ye ishishikaje.
Ese indimi tuvuga zakomotse ku ‘munara w’i Babeli’?
Umunara w’i Babeli ni iki? Mu by’ukuri se indimi zakomotse he?
EGERA YEHOVA
“Imana ikunda utanga yishimye”
Menya ukuntu gutanga bigira akamaro bitewe n’impamvu yabiteye.
JYA WIGISHA ABANA BAWE
Ese Imana ishobora kubabara? Twakora iki ngo tuyishimishe?
Ese wari uzi ko ushobora gushimisha Yehova cg ukamubabaza? Menya impamvu ibyo Adamu na Eva bakoze byababaje Yehova.
Ibibazo bishingiye kuri Bibiliya
Inama Bibiliya itanga ku birebana n’uko twagira urugo rwiza zigira akamaro bitewe n’uko ziva ku watangije umuryango, ari we Yehova Imana.
Ibindi wasomera kuri interineti
Amafaranga Abahamya ba Yehova bakoresha ava he?
Ntidukoresha uburyo bukoreshwa n’andi madini.