Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

UMUNARA W’UMURINZI No. 2 2017 | Ese uha agaciro impano twahawe n’Imana?

UBITEKEREZAHO IKI?

Ni iyihe mpano iruta izindi Imana yaduhaye?

Bibiliya igira iti “Imana yakunze isi cyane ku buryo yatanze Umwana wayo w’ikinege.”Yohana 3:16.

Iyi gazeti y’Umunara w’Umurinzi isobanura impamvu Imana yohereje Yesu ku isi kugira ngo adupfire n’uko twagaragaza ko duha agaciro iyo mpano.

 

INGINGO Y'IBANZE

Impano iruta izindi

Bibiliya ivuga iby’impano y’agaciro kenshi izatuma tubona ubuzima bw’iteka. Ese hari impano yaruta iyo?

INGINGO Y'IBANZE

Kuki incungu ari yo mpano y’agaciro kenshi Imana yatanze?

Ni ibihe bintu bigaragaza ko impano ifite agaciro? Gusuzuma ibyo bintu biradufasha guha agaciro incungu, ari yo mpano iruta izindi Imana yaduhaye.

INGINGO Y'IBANZE

Twagaragaza dute ko duha agaciro iyo mpano?

Urukundo rwa Kristo ruduhatira gukora iki?

Ese abihayimana bagomba kuba abaseribateri?

Hari amadini ategeka abakozi bayo n’abayobozi bayo kuba abaseribateri. Ibyanditswe bibivugaho iki?

Uko abantu bigobotoye ubucakara mu bihe bya kera no muri iki gihe

Mu bihe bya kera abagarabu b’Imana bavanywe mu bucakara. Ikibabaje ni uko abantu babarirwa muri za miriyoni bakiri mu bucakara.

Gutanga bihesha imigisha

Gutanga bigirira akamaro utanga n’uhabwa. Bikomeza ubucuti kandi bigatuma abantu babana neza. Menya uko wakwitoza kugira ubuntu

Bibiliya ibivugaho iki?

Bibiliya ivuga ko “mu minsi y’imperuka hazabaho ibihe biruhije, bigoye kwihanganira.” Ese ubwo buhanuzi buhuje n’ibihe turimo?

Ibindi wasomera kuri interineti

Ni mu buhe buryo igitambo cya Yesu ari “incungu ya benshi”?

Ni mu buhe buryo incungu ituma dukizwa icyaha?