UMUNARA W’UMURINZI No. 1 2020 | Wakora iki ngo umenye ukuri?
Bibiliya isubiza ibibazo by’ingenzi twibaza.
Wakora iki ngo umenye ukuri?
Nubwo muri iki gihe nta muntu ugipfa kwizera undi, hari uburyo ushobora gukoresha kugira ngo ubone ibisubizo by’ibibazo by’ingenzi.
Bibiliya ni igitabo kivuga ukuri
Ushobora kwiringira ko ibyo Bibiliya ivuga ari ukuri.
Ukuri ku birebana n’Imana na Kristo
Imana na Kristo batandukaniye he?
Ukuri ku byerekeye Ubwami bw’Imana
Ibyanditswe bitubwira Umwami w’Ubwami bw’Imana, aho buzategekera, icyo buzakora, abategetsi babwo n’abayoboke babwo.
Ukuri ku bijyanye n’igihe kizaza
Jya wiringira ibyo Imana ivuga ku bijyanye n’ibyo izakora ku isi hamwe n’ibyo izakorera abantu bazaba bayituyeho.
Kumenya ukuri bigufitiye akamaro
Kumenya ukuri ko mu Ijambo ry’Imana biradufasha cyane.