Ibitabo n’udutabo byagufasha kwiga Bibiliya

Iga ingingo zitandukanye zo muri Bibiliya, wifashishije ibi bitabo n’udutabo ushobora no kuvana kuri interineti. Nanone ibitabo byafashwe amajwi na videwo zo mu rurimi rw’amarenga biboneka mu ndimi nyinshi.

REBA

Hari ihinduka riba ryarakozwe ku bitabo byo kuri interineti riba ritarakorwa ku bitabo bicapye.