NIMUKANGUKE! Nzeri 2015 | Uko dukwiriye kubona amafaranga

Kubona amafaranga mu buryo budakwiriye bishobora kuguhindura.

INGINGO Y'IBANZE

Uko dukwiriye kubona amafaranga

Dore ibibazo birindwi byagufasha kwisuzuma ukamenya niba ubona amafaranga mu buryo bukwiriye.

HIRYA NO HINO KU ISI

Ibivugwa ku Burasirazuba bwo Hagati

Ibintu byaberaga mu bihugu byatuwe kera bigaragaza ko Bibiliya ari ukuri.

INAMA ZIGENEWE UMURYANGO

Uko wasaba imbabazi

None se nkwiriye gusaba imbabazi kandi twembi twakosheje?

ABANTU BA KERA

Hérodote

Hérodote ni uwa mbere mu banditsi b’amateka kandi biragaragara ko igihe cye cyose yakimaze yandika igitabo cye

ISI N'ABAYITUYE

Twasuye Nikaragwa

Muri icyo gihugu haba amazi y’urubogobogo, hakaba inyamaswa n’ibifi binini ubusanzwe biboneka mu nyanja.

ICYO BIBILIYA IBIVUGAHO

ubukene

Ese umukene ashobora kugira ibyishimo?

ESE BYARAREMWE?

Udukoko tuvana peteroli mu mazi

Kuki ari two dukora neza umurimo wo kuvana peteroli mu mazi, ugereranyije n’ikoranabuhanga rikoreshwa?

Ibindi wasomera kuri interineti

Icyo abakiri bato bavuga ku bihereranye n’amafaranga

Irebere icyo bagenzi bawe bavuze ku birebana no kuzigama amafaranga, kuyakoresha no kuyabona mu buryo bushyize mu gaciro.

Jya uba umwana mwiza kandi utize bagenzi bawe

Irebere ukuntu Kalebu na Sofiya bishima cyane iyo batizanyije ibikinisho.