NIMUKANGUKE!
Mata 2014 | Ese uwakwipfira bikarangira? —Impamvu eshatu zatuma utiyahura
Ese wigeze utekereza kwiyahura? Hari uwo uzi wabitekereje? Kumenya impamvu wagombye gukomeza kubaho, bishobora gutuma ukunda ubuzima.
Hirya no hino ku isi
Ibirimo: umugi wahuje amatara atanga uburenganzira bwo guhita ku mihanda, akaga karuta kurya indyo nkene n’inyoni yaturaze umushwi ifite imyaka irenga 60.
INAMA ZIGENEWE UMURYANGO
Jya wemera gukosorwa
Nubwo guhanwa cyangwa kunengwa bishobora kubabaza, byagufasha bite?
INGINGO Y'IBANZE
Hari ibyiringiro
Kimwe n’urumuri ruri mu mpezajisho, ibyiringiro bishobora gutuma utiheba.
IKIGANIRO
Umushakashatsi asobanura imyizerere ye
Frédéric Dumoulin yari yarazinutswe amadini bituma atemera Imana. Kwiga Bibiliya no kwitegereza imiterere y’ibinyabuzima byamwemeje bite ko hariho Umuremyi
ISI N'ABAYITUYE
Twasuye Kamboje
Kuki abantu batanaziranye bitana muvandimwe, mushiki wanjye, masenge, marume, nyogokuru na sogokuru?
ICYO BIBILIYA IBIVUGAHO
Ivangura ry’amoko
Ese amoko yose arareshya? Ese ivangura ry’amoko rizashira?
ESE BYARAREMWE?
Ibaba ry’ikinyugunyugu
Nubwo ibaba ry’ikinyugunyugu risa n’irisennye, rifite ibintu bibonwa gusa na mikorosikopi. Ibyo bintu bimaze iki?
Ibindi wasomera kuri interineti
Kohererezanya ubutumwa buvuga iby’ibitsina kuri telefoni
Ese hari ukoherereza ubutumwa bw’iby’ibitsina? Ingaruka zabyo ni izihe? Ese ni ukwiganiria gusa bitagize icyo bitwaye?
Nakora iki niba hari abannyuzura?
Abenshi mu bannyuzurwa bumva nta cyo bamaze. Iyi ngingo isobanura icyo wakora ngo ukemure icyo kibazo.
Incuti nyakuri ni iyihe?
Biroroshye kubona incuti zikuryarya, ariko se wakora iki ngo ubone incuti nyakuri?
Yozefu yarokoye abantu
Suzuma mu Ntagiriro ibice 41-50 Mu rwego rw’umuryango, mwifashishe aya masomo ya bibiliya, musuzume mu Ntangiriro, igice cya 41 mugeze ku cya 50.

