Ese inama Yesu yatugiriye ifite akamaro muri iki gihe?
“Ibintu byose mushaka ko abantu babakorera, ni byo namwe mugomba kubakorera.”—Matayo 7:12.
Nanone Yesu yatwigishije ko
-
Guhangayikishwa gusa n’ibyo ukeneye ku munsi, bishobora kugufasha kugabanya imihangayiko.—Matayo 6:34.
-
Twagombye kubabarira abandi.—Matayo 6:14, 15.
Reba filime ivuga ngo: “Ubutumwa bwiza bwerekeye Yesu,” iri ku rubuga rwa jw.org.

