Ingingo ziherutse gusohoka ku ipaji ibanza
Kuki abantu benshi bumva bafite irungu?
Dore impamvu zituma hari abantu bumva bafite irungu n’ibintu bituma irungu rishobora kwiyongera.
“Ubwami bwanjye si ubw’iyi si”
Yesu yigishije ko Ubwami bw’Imana ari bwo buzakemura ibibazo byugarije isi aho kuba ubutegetsi bw’abantu. Menya uko urugero Yesu yatanze rufasha Abakristo muri iki gihe.
Ese umwana wange yagombye gukoresha imbuga nkoranyambaga?
Dore ibibazo bine byagufasha gufata umwanzuro mwiza.
Imbwa ifite ubushobozi buhambaye bwo guhumurirwa—Ese byararemwe?
Ni iki abahanga mu bya siyansi barimo gukora kugira ngo bigane ubushobozi buhambaye bwo guhumurirwa imbwa ifite?
Ukuri ku bijyanye n’igihe kizaza
Jya wiringira ibyo Imana ivuga ku bijyanye n’ibyo izakora ku isi hamwe n’ibyo izakorera abantu bazaba bayituyeho.
Ese izina ry’Imana ni Yesu?
Yesu ntiyigeze avuga ko ari Imana Ishoborabyose. Kubera iki?
Umuryango mwiza—Ibikuranga
Ni iki cyafasha abakiri bato gukomera ku byo bizera?
Ese Imana ni yo iteza ibiza?
Abantu babiri barokotse ibiza barasobanura uko Bibiliya yabafashije.
Irungu ni iki?
Iyo twitandukanyije n’abandi, irungu rishobora kwiyongera. Menya uko irungu rishobora kugira ingaruka ku bitekerezo byawe.
Ubumenyi bw’ingenzi bwagufasha kugira ubuzima bwiza
Izi ngingo na videwo bishobora kugufasha kunguka ubumenyi bwatuma ugira ubuzima bwiza.
Ese abantu bashobora gukuraho intambara n’urugomo?
Abantu bakora uko bashoboye kugira ngo bahagarike intambara. Ese twakwizera ko ibyo bakora hari icyo bizageraho? Reka turebe icyo Bibiliya ibivugaho
Ese akazi kawe karahagaze?
Inama zishingiye kuri Bibiliya zagufasha kwihanganira ibi bihe bikomeye urimo.

