Ingingo ziherutse gusohoka ku ipaji ibanza
Uko wakwirinda akaga mu gihe habaye ibiza
Wakora iki ngo witegure ibiza maze wongere amahirwe yo kurokoka?
Gahunda yo kwigisha gusoma no kwandika ku isi hose
Abategetsi bo mu bihugu byinshi bashimiye Abahamya ba Yehova kubera ko bigisha abantu gusoma no kwandika.
Uko wakubaha uwo mwashakanye
Kubaha uwo mwashakanye ni itegeko. Wakubaha ute uwo mwashakanye?
Itegure ejo hazaza uhereye ubu
Itegure ejo hazaza uhereye ubu.
Kuba umuntu w’Imana bisobanura iki? Ese nshobora kuba umuntu w’Imana ntagira idini?
Reba inama eshatu zagufasha kuba umuntu w’Imana n’ibintu bine abantu bakunze kwibeshyaho ku kuba umuntu w’Imana.
Kuki abantu benshi bumva bafite irungu?
Dore impamvu zituma hari abantu bumva bafite irungu n’ibintu bituma irungu rishobora kwiyongera.
“Ubwami bwanjye si ubw’iyi si”
Yesu yigishije ko Ubwami bw’Imana ari bwo buzakemura ibibazo byugarije isi aho kuba ubutegetsi bw’abantu. Menya uko urugero Yesu yatanze rufasha Abakristo muri iki gihe.
Ese umwana wange yagombye gukoresha imbuga nkoranyambaga?
Dore ibibazo bine byagufasha gufata umwanzuro mwiza.
Ukuri ku bijyanye n’igihe kizaza
Jya wiringira ibyo Imana ivuga ku bijyanye n’ibyo izakora ku isi hamwe n’ibyo izakorera abantu bazaba bayituyeho.
Ubumenyi bw’ingenzi bwagufasha kugira ubuzima bwiza
Izi ngingo na videwo bishobora kugufasha kunguka ubumenyi bwatuma ugira ubuzima bwiza.
Ese abantu bashobora gukuraho intambara n’urugomo?
Abantu bakora uko bashoboye kugira ngo bahagarike intambara. Ese twakwizera ko ibyo bakora hari icyo bizageraho? Reka turebe icyo Bibiliya ibivugaho

