Ingingo ziherutse gusohoka ku ipaji ibanza
“Ushobora gutegereza igihe kizaza ufite icyizere”
Turagutumiye ngo uzaze kumva disikuru izasobanura uko ushobora gutegereza igihe kizaza ufite icyizere. Izaba mu cyumweru kibanziriza Urwibutso rw’urupfu rwa Yesu.
Uko wabona ibyishimo nyakuri
Iyi Nimukanguke! iradusobanurira uko inama zirangwa n’ubwenge zo muri Bibiliya zadufasha.
Urwibutso rw’urupfu rwa Yesu
Turagutumiye ngo uzaze kwifatanya natwe mu muhango uba buri mwaka wo kwibuka Urupfu rwa Yesu Kristo. Muri uyu mwaka Urwibutso ruzaba Ku wa Kabiri, tariki ya 4 Mata 2023.
Ese twagombye gusenga abatagatifu?
Icyo Bibiliya ivuga ku birebana n’uwo twagombye gusenga.
Uko wakwirinda akaga mu gihe habaye ibiza
Ibintu bishobora kurokora ubuzima bwawe n’ubw’abandi.
Ubuzima bwiza bwo mu mutwe
Inama zo muri Bibiliya zishobora kugufasha. Soma uyu Munara w’Umurinzi ureba uko zagufasha.
Ni ayahe masomo twakura ku bagore bavugwa muri Bibiliya?
Reba abagore bavugwa muri Bibiliya bakoze ibyiza n’abakoze ibibi.
Ibintu 12 byagufasha kugira umuryango mwiza
Gukurikiza inama zo muri Bibiliya byagufasha kugira umuryango mwiza.
Bibiliya ivuga iki ku ndwara z’ibyorezo?
Hari abavuga ko muri iki gihe, Imana ikoresha ibyorezo cyangwa indwara kugira ngo ihane abantu. Icyakora ibyo ntibihuje n’ibyo Bibiliya ivuga.
Kuki abantu beza bagerwaho n’imibabaro?
Menya icyo Bibiliya ibivugaho kandi uranabona ibisubizo by’ibibazo bine birebana n’imibabaro.
Ni iki kikwemeza ko uzabaho neza mu gihe kizaza?
Ese ni amashuri, ni amafaranga cyangwa ni ikindi kintu? Uyu Munara w’Umurinzi uzagufasha kubona igisubizo k’icyo kibazo.