Amakuru yo ku isi hose
Raporo ya 4 y’Inteko Nyobozi 2026
Muri iyi raporo, turabagezaho amakuru ateye inkunga y’ingendo abavandimwe bo mu Nteko Nyobozi n’abandi bakoze basura ibiro by’amashami bitandukanye. Nanone turababwira amakuru mashya arebana n’imyanzuro inkiko zo muri Noruveje no muri Suwede ziherutse gufata ku birebana n’umurimo wacu.
Raporo ya 3 y’Inteko Nyobozi 2026
Muri iyi raporo, turasuzuma ingero z’abavandimwe na bashiki bacu bo mu Burusiya, bagaragaje ukwihangana, kuva umurimo wacu wahagarikwa muri icyo gihugu. Ubu hashize imyaka icyenda.
Raporo ya 2 y’Inteko Nyobozi 2026
Muri iyi raporo, tugiye kureba ibintu byanonosowe ku birebana no gukoresha amaraso y’umuntu ku giti cye mu gihe avurwa.
Raporo ya 1 y’Inteko Nyobozi 2026
Muri iyi raporo, turasuzuma uko twarushaho gukoresha neza igitabo Ishimire Ubuzima Iteka Ryose twigisha abantu Bibiliya.
Raporo ya 8 y’Inteko Nyobozi 2025
Muri iyi raporo, turishimira kubagezaho ukuntu abavandimwe na bashiki bacu bishimira videwo z’uruhererekane zifite umutwe uvuga ngo: “Ubutumwa bwiza bwerekeye Yesu”.

