Porogaramu y’ikoraniro 2026—Ushobora kugira ibyishimo iteka ryose

Ku wa Gatanu

Porogaramu yo ku wa Gatanu ishingiye muri Matayo 5:3—“Abagira ibyishimo ni abazi ko bakeneye Imana.”

Ku wa Gatandatu

Porogaramu yo ku wa Gatandatu ishingiye mu Byakozwe 20:35—“Gutanga bihesha ibyishimo kuruta guhabwa.”

Ku Cyumweru

Porogaramu yo ku Cyumweru ishingiye muri Matayo 13:16—“Mwe mufite imigisha kubera ko mureba ibi bintu kandi mukabyumva.”

Ibyo wakenera kumenya

Ibyo abateranye bakenera kumenya.

Ibindi wamenya

ABO TURI BO

Utumiwe mu ikoraniro ry’iminsi itatu 2026​​—⁠“Ushobora kugira ibyishimo iteka ryose”

Twishimiye kugutumira mu ikoraniro ry’iminsi itatu ry’Abahamya ba Yehova ryo muri uyu mwaka.

AMAKORANIRO

Uratumiwe mu ikoraniro ry’iminsi itatu ry’Abahamya ba Yehova ryo mu mwaka wa 2026 rivuga ngo: “Ushobora kugira ibyishimo iteka ryose”

Uzaze kwifatanya natwe mu ikoraniro ry’iminsi itatu ryo mu mwaka wa 2026, rifite umutwe uvuga ngo: “Ushobora kugira ibyishimo iteka ryose,” maze umenye uko kuba incuti y’Umuremyi byagufasha kugira ibyishimo nyakuri.

AMAKORANIRO

Umusogongero wa filime ishingiye kuri Bibiliya: Ubutumwa bwiza bwerekeye Yesu: Icyiciro cya 4, 5 n’icya 6

Ni iki cyatumaga abantu bakurikira Yesu kandi se byagenze bite igihe yavuguruzaga inyigisho z’abayobozi b’amadini?