Porogaramu y’ikoraniro 2026—Ushobora kugira ibyishimo iteka ryose
Ku wa Gatanu
Porogaramu yo ku wa Gatanu ishingiye muri Matayo 5:3—“Abagira ibyishimo ni abazi ko bakeneye Imana.”
Ku wa Gatandatu
Porogaramu yo ku wa Gatandatu ishingiye mu Byakozwe 20:35—“Gutanga bihesha ibyishimo kuruta guhabwa.”
Ku Cyumweru
Porogaramu yo ku Cyumweru ishingiye muri Matayo 13:16—“Mwe mufite imigisha kubera ko mureba ibi bintu kandi mukabyumva.”
Ibyo wakenera kumenya
Ibyo abateranye bakenera kumenya.
Ibindi wamenya
ABO TURI BO
Utumiwe mu ikoraniro ry’iminsi itatu 2026—“Ushobora kugira ibyishimo iteka ryose”
Twishimiye kugutumira mu ikoraniro ry’iminsi itatu ry’Abahamya ba Yehova ryo muri uyu mwaka.
AMAKORANIRO
Uratumiwe mu ikoraniro ry’iminsi itatu ry’Abahamya ba Yehova ryo mu mwaka wa 2026 rivuga ngo: “Ushobora kugira ibyishimo iteka ryose”
Uzaze kwifatanya natwe mu ikoraniro ry’iminsi itatu ryo mu mwaka wa 2026, rifite umutwe uvuga ngo: “Ushobora kugira ibyishimo iteka ryose,” maze umenye uko kuba incuti y’Umuremyi byagufasha kugira ibyishimo nyakuri.
AMAKORANIRO
Umusogongero wa filime ishingiye kuri Bibiliya: Ubutumwa bwiza bwerekeye Yesu: Icyiciro cya 4, 5 n’icya 6
Ni iki cyatumaga abantu bakurikira Yesu kandi se byagenze bite igihe yavuguruzaga inyigisho z’abayobozi b’amadini?

