Abo turi bo
Abahamya ba Yehova ni bantu ki?
Abahamya ba Yehova ni umuryango mpuzamahanga wo mu rwego rw’idini. Dusenga Yehova Imana Ishoborabyose ikaba n’Umuremyi wacu (Zaburi 83:18; Ibyahishuwe 4:11). Turi Abakristo kandi twemera ko Yesu Kristo ari umwana w’Imana akaba n’Umukiza wacu (Yohana 3:16; Ibyakozwe 4:10-12). Inyigisho zacu zose zishingiye kuri Bibiliya (2 Timoteyo 3:16). Turagusaba gusura urubuga rwacu kugira ngo umenye ibyo twizera kandi uzakoreshe Bibiliya yawe mu gihe uzaba usoma ibiri kuri urwo rubuga.
Reba videwo ifite umutwe uvuga ngo: “Abahamya ba Yehova ni bantu ki?” kugira ngo umenye byinshi ku Bahamya ba Yehova.
Imibare
-
Abahamya ba Yehova ku isi hose: 9,205,326
-
Amatorero: 119,652
-
Ibihugu babwirizamo: 241
-
Abigishijwe Bibiliya buri kwezi: 7,603,182
-
Abateranye Urwibutso rw’urupfu rwa Kristo rwo mu mwaka wa 2025: 20,635,015
Iga Bibiliya ku buntu
Twandikire
Saba gusurwa
Muzaganira ku bibazo bishingiye kuri Bibiliya cyangwa ku byerekeye Abahamya ba Yehova
Jya mu materaniro
Menya ibyerekeye amateraniro yacu, umenye n’aho amateraniro yacu abera hafi y’aho utuye.
Andikira Abahamya ba Yehova
Aderesi z’Abahamya ba Yehova hirya no hino ku isi.
Gusura Beteli
Reba aho ushobora gusura hafi yawe.

