Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
Amakuru
/assets/ct/fa815d8e9f/images/syn_placeholder_sqr.png

Amakuru

 

AMAKURU

Raporo ya 5 y’Inteko Nyobozi 2026

Muri iyi raporo, turi buze kureba impamvu ari iby’ingenzi cyane kwiyigisha no gusoma Ijambo ry’Imana buri munsi. Nanone turasuzuma ibintu bishya kandi bishishikaje twabwira abantu tubwiriza.

AMAKURU

Raporo ya 5 y’Inteko Nyobozi 2026

Muri iyi raporo, turi buze kureba impamvu ari iby’ingenzi cyane kwiyigisha no gusoma Ijambo ry’Imana buri munsi. Nanone turasuzuma ibintu bishya kandi bishishikaje twabwira abantu tubwiriza.

Raporo ya 4 y’Inteko Nyobozi 2026

Muri iyi raporo, turabagezaho amakuru ateye inkunga y’ingendo abavandimwe bo mu Nteko Nyobozi n’abandi bakoze basura ibiro by’amashami bitandukanye. Nanone turababwira amakuru mashya arebana n’imyanzuro inkiko zo muri Noruveje no muri Suwede ziherutse gufata ku birebana n’umurimo wacu.

Raporo ya 3 y’Inteko Nyobozi 2026

Muri iyi raporo, turasuzuma ingero z’abavandimwe na bashiki bacu bo mu Burusiya, bagaragaje ukwihangana, kuva umurimo wacu wahagarikwa muri icyo gihugu. Ubu hashize imyaka icyenda.

2026-05-01

AMAKURU YO KU ISI HOSE

Raporo ya 2 y’Inteko Nyobozi 2026

Muri iyi raporo, tugiye kureba ibintu byanonosowe ku birebana no gukoresha amaraso y’umuntu ku giti cye mu gihe avurwa.

2026-02-03

AMAKURU YO KU ISI HOSE

Raporo ya 1 y’Inteko Nyobozi 2026

Muri iyi raporo, turasuzuma uko twarushaho gukoresha neza igitabo Ishimire Ubuzima Iteka Ryose twigisha abantu.