Imana ibona ite ishyingiranwa?
Menya icyo Bibiliya ivuga ku birebana n’uburyo Imana ibona ishyingiranwa.
Ingingo bifitanye isano
Videwo zishingiye kuri Bibiliya: Inyigisho z’ibanzeIbindi wamenya
NIMUKANGUKE!
Uko mwaganira ku bibazo mufite
Umugabo n’umugore bagira uburyo butandukanye bwo kuvuga ibibari ku mutima. Kumenya aho batandukaniye bishobora kugufasha.
IBIBAZO BISHINGIYE KURI BIBILIYA
Bibiliya ivuga iki kubirebana no gushaka?
Amahame yo muri Bibiliya ashobora gufasha abashakanye kwirinda cyangwa guhangana n’ibibazo.
IBIBAZO BISHINGIYE KURI BIBILIYA
Ese Bibiliya yemera ibyo gutana kw’abashakanye?
Menya ibyo Imana yemera n’ibyo yanga urunuka.
ABABYEYI N’ABASHAKANYE
Umuryango wishimye: Garagariza uwo mwashakanye ko umwitaho
Akazi, umunaniro n’imihangayiko ya buri munsi bishobora gutuma abashakanye batagaragarizanya urukundo. Ariko se abashakanye bashobora kongera kwitanaho by’ukuri?
ABABYEYI N’ABASHAKANYE
Jya umarana igihe n’uwo mwashakanye
Hari abagabo n’abagore benshi batabona umwanya wo kuganira ndetse n’igihe baba bari kumwe. Bakora iki ngo barusheho kuganira?
ABO TURI BO
Jya mu materaniro
Menya ibyerekeye amateraniro yacu, umenye n’aho amateraniro yacu abera hafi y’aho utuye.
INYIGISHO Z’IBANZE ZO MURI BIBILIYA