Umuryango wo muri Afurika y’Epfo uririmba muri gahunda y’iby’umwuka

AGATABO K’ITERANIRO RY’UMURIMO Ukuboza 2018

Uburyo bwo gutangiza ibiganiro

Uburyo bwo gutangiza ibiganiro, twereka abantu intego y’ubuzima n’icyo Imana idusezeranya mu gihe kizaza.

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

Uwatotezaga Abakristo ahinduka umubwiriza urangwa n’ishyaka

Ese niba wiga Bibiliya ukaba utarabatizwa, uzigana Sawuli maze ibyo wiga bitume ugira icyo ukora udatindiganyije?

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

Barinaba na Pawulo babwiriza mu turere twitaruye

Nubwo Barinaba na Pawulo bahuye n’ibitotezo bikaze, bakoze uko bashoboye bafasha abantu bicisha bugufi kugira ngo babe Abakristo.

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO

Jya unoza ubuhanga bwawe bwo kubwiriza—Ufasha ‘abiteguye kwemera ukuri’ kugira ngo babe abigishwa

Dukorana na Yehova dute mu murimo wo guhindura abantu abigishwa?

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

Bahurije ku mwanzuro umwe ushingiye ku Ijambo ry’Imana

Uko inteko nyobozi yakemuye iki kibazo bitwigisha iki?

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO

Turirimbire Yehova twishimye

Kuririmba indirimbo z’Ubwami bishobora kutugirira akahe kamaro

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

Jya wigana uko intumwa Pawulo yabwirizaga n’uko yigishaga

Twakwigana dute urugero intumwa Pawulo yadusigiye mu murimo wo kubwiriza?

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

“Mwirinde ubwanyu, murinde n’umukumbi wose”

Abasaza bagaburira umukumbi, bakawurinda kandi bakawitaho, bazirikana ko buri ntama yaguzwe amaraso y’agaciro kenshi ya Kristo.