GARAGAZA Igitabo cya Bibiliya Intangiriro Kuva Abalewi Kubara Gutegeka kwa Kabiri Yosuwa Abacamanza Rusi 1 Samweli 2 Samweli 1 Abami 2 Abami 1 Ibyo ku Ngoma 2 Ibyo ku Ngoma Ezira Nehemiya Esiteri Yobu Zaburi Imigani Umubwiriza Indirimbo ya Salomo Obadiya Nahumu Matayo Mariko Luka Ibyakozwe Igice 1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12 13 14 15 16 17 18 19 20 21 22 23 24 25 26 27 28 Ibyakozwe n’Intumwa Ibice 1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12 13 14 15 16 17 18 19 20 21 22 23 24 25 26 27 28 Ibirimo 1 Ibyandikiwe Tewofili (1-5) Muzambera abahamya mugere mu turere twa kure cyane tw’isi (6-8) Yesu azamuka akajya mu ijuru (9-11) Abigishwa bateranaga bunze ubumwe (12-14) Matiyasi atoranywa ngo asimbure Yuda (15-26) 2 Abigishwa bahabwa umwuka wera kuri Pentekote (1-13) Disikuru ya Petero (14-36) Abantu benshi bumva disikuru ya Petero bakagira icyo bakora (37-41) Abantu 3.000 babatizwa (41) Abakristo bakoranaga mu bumwe (42-47) 3 Petero akiza umuntu wari waramugaye kandi wasabirizaga (1-10) Petero yigishiriza ku Ibaraza rya Salomo (11-26) ‘Imana izasubiza mu buryo ibintu byose’ (21) Umuhanuzi umeze nka Mose (22) 4 Petero na Yohana bafatwa (1-4) Umubare w’abagabo bizeye ugera ku 5.000 (4) Bashyikirizwa Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi (5-22) “Ntidushobora kureka kuvuga” (20) Basenga basaba ubutwari (23-31) Abigishwa basangiraga ibyo bafite (32-37) 5 Ananiya na Safira (1-11) Intumwa zikora ibitangaza byinshi (12-16) Zifungwa kandi zigafungurwa (17-21a) Zongera kugezwa imbere y’Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi (21b-32) “Tugomba kumvira Imana aho kumvira abantu” (29) Inama ya Gamaliyeli (33-40) Kubwiriza ku nzu n’inzu (41, 42) 6 Hatoranywa abagabo barindwi ngo bahabwe inshingano (1-7) Sitefano ashinjwa gutuka Imana (8-15) 7 Sitefano yiregurira imbere y’Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi (1-53) Mu gihe cya ba sogokuruza (2-16) Abisirayeli bayoborwa na Mose. Abisirayeli basenga ibigirwamana (17-43) Imana ntiba mu nsengero zubatswe n’abantu (44-50) Sitefano aterwa amabuye (54-60) 8 Sawuli atangira gutoteza abigishwa (1-3) Filipo abwiriza ubutumwa bwiza i Samariya (4-13) Petero na Yohana boherezwa i Samariya (14-17) Simoni agerageza kugura umwuka wera (18-25) Umunyetiyopiya wari umukozi w’ibwami (26-40) 9 Sawuli ajya i Damasiko (1-9) Ananiya yoherezwa ngo afashe Sawuli (10-19a) Sawuli abwiriza ibyerekeye Yesu i Damasiko (19b-25) Sawuli ajya i Yerusalemu (26-31) Petero akiza indwara Ayineya (32-35) Dorukasi wagiraga ubuntu azurwa (36-43) 10 Koruneliyo yerekwa (1-8) Petero yerekwa ko inyamaswa zejejwe (9-16) Petero ajya kwa Koruneliyo (17-33) Petero abwiriza ubutumwa bwiza abanyamahanga (34-43) “Imana ntirobanura” (34, 35) Abanyamahanga bahabwa umwuka wera kandi bakabatizwa (44-48) 11 Petero abwira intumwa ibijyanye n’umurimo yakoze (1-18) Barinaba na Sawuli bari muri Antiyokiya ya Siriya (19-26) Abigishwa batangira kwitwa Abakristo (26) Agabo ahanura ko hazabaho inzara (27-30) 12 Yakobo yicwa. Petero afungwa (1-5) Petero afungurwa mu buryo bw’igitangaza (6-19) Umumarayika akubita Herode (20-25) 13 Barinaba na Sawuli baba abamisiyonari (1-3) Babwiriza muri Shipure (4-12) Pawulo yigisha muri Antiyokiya ho muri Pisidiya (13-41) Ubuhanuzi buvuga ko abanyamahanga bagombaga kubwirizwa (42-52) 14 Abantu benshi bo muri Ikoniyo bizera ariko intumwa zigatotezwa (1-7) Intumwa bazita amazina y’imana zo mu mujyi wa Lusitira (8-18) Pawulo bamutera amabuye ariko akarokoka (19, 20) Bakomeza amatorero (21-23) Basubira muri Antiyokiya ho muri Siriya (24-28) 15 Muri Antiyokiya haba impaka ku birebana no gukebwa (1, 2) Bajyana ikibazo i Yerusalemu (3-5) Abasaza n’intumwa bahurira hamwe (6-21) Ibaruwa y’inteko nyobozi (22-29) Kwirinda amaraso (28, 29) Amatorero yatewe inkunga n’ibaruwa yohererejwe (30-35) Pawulo na Barinaba batandukana (36-41) 16 Pawulo atoranya Timoteyo (1-5) Iyerekwa ry’umuntu wari i Makedoniya (6-10) Lidiya w’i Filipi aba umwigishwa wa Yesu (11-15) Pawulo na Silasi bafungwa (16-24) Umurinzi wa gereza n’abo mu rugo rwe babatizwa (25-34) Pawulo asaba abacamanza gusaba imbabazi (35-40) 17 Pawulo na Silasi bari i Tesalonike (1-9) Pawulo na Silasi bari i Beroya (10-15) Pawulo ari muri Atene (16-22a) Pawulo yigishiriza kuri Areyopago (22b-34) 18 Pawulo abwiriza i Korinto (1-17) Asubira muri Antiyokiya ho muri Siriya (18-22) Pawulo ajya i Galatiya n’i Furugiya (23) Apolo wari umuhanga yigishwa (24-28) 19 Pawulo ari muri Efeso. Bamwe bongera kubatizwa (1-7) Pawulo abwiriza kandi akigisha (8-10) Yageze kuri byinshi n’ubwo umudayimoni yashatse kumubangamira (11-20) Muri Efeso haba imvururu (21-41) 20 Pawulo ajya i Makedoniya no mu Bugiriki (1-6) Utuko azurwa i Tirowa (7-12) Ava i Tirowa akajya i Mileto (13-16) Pawulo ahura n’abasaza bo muri Efeso (17-38) Kubwiriza ku nzu n’inzu (20) “Gutanga bihesha ibyishimo” (35) 21 Ajya i Yerusalemu (1-14) Agera i Yerusalemu (15-19) Pawulo yumvira inama abasaza bamugiriye (20-26) Mu rusengero haba imvururu, Pawulo agafatwa (27-36) Pawulo yemererwa kugira icyo abwira abantu (37-40) 22 Pawulo yiregurira imbere y’abantu (1-21) Pawulo akoresha ubwenegihugu bw’Abaroma (22-29) Abagize Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi baterana (30) 23 Pawulo yiregurira imbere y’Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi (1-10) Umwami akomeza Pawulo (11) Bacura umugambi wo kwica Pawulo (12-22) Pawulo yoherezwa i Kayisariya (23-35) 24 Ibirego baregaga Pawulo (1-9) Pawulo yiregurira imbere ya Feligisi (10-21) Pawulo afungwa imyaka ibiri (22-27) 25 Pawulo aburanira imbere ya Fesito (1-12) “Njuririye Kayisari!” (11) Fesito agisha inama Umwami Agiripa (13-22) Pawulo ajyanwa imbere ya Agiripa (23-27) 26 Pawulo yiregurira imbere ya Agiripa (1-11) Pawulo asobanura uko yabaye Umukristo (12-23) Uko Fesito na Agiripa bitwaye bamaze kumva Pawulo (24-32) 27 Pawulo ajya i Roma (1-12) Umuhengeri umenagura ubwato (13-38) Ubwato bumeneka (39-44) 28 Bajya ku kirwa cya Malita (1-6) Papa wa Pubiliyo akira indwara (7-10) Bagera i Roma (11-16) Pawulo avugana n’Abayahudi i Roma (17-29) Pawulo abwirizanya ubutwari mu gihe cy’imyaka ibiri (30, 31) Ibibanza Ibikurikira Capa Yohereze Yohereze Ibivugwa mu gitabo cy’Ibyakozwe BIBILIYA-UBUHINDUZI BW'ISI NSHYA Ibivugwa mu gitabo cy’Ibyakozwe Ikinyarwanda Ibivugwa mu gitabo cy’Ibyakozwe https://assetsnffrgf-a.akamaihd.net/assets/m/1001061100/univ/wpub/1001061100_univ_sqr_xl.jpg nwt Ibyakozwe p. 1460