Musomyi dukunda

Musomyi dukunda

Musomyi dukunda

Muri uyu Munara w’Umurinzi harimo ibice byo kwigwa bitanu bivuga ku ngingo zijya gusa:

  • Igice cya mbere, kivuga uko Yehova yatugaragarije urukundo, icyo yakoze ngo adufashe kurwanya icyaha n’icyo twakora ngo tumushimishe.

  • Igice cya kabiri, kivuga icyo umuntu yakora kugira ngo yihane by’ukuri n’uko Yehova yafashije abantu kwihana.

  • Igice cya gatatu, kivuga uko Yehova yashakaga ko Abakristo bo mu itorero ry’i Korinto bafata umuntu wakoze icyaha gikomeye, ariko ntiyihane.

  • Igice cya kane kitwigisha uko abasaza bafasha umuntu wakoze icyaha gikomeye.

  • Igice cya gatanu, kitwereka icyo abagize itorero bakora kugira ngo bakomeze kugaragariza urukundo n’imbabazi umuntu wari warakuwe mu itorero.