UMUNARA W’UMURINZI No. 2 2018 | Igihe kizaza kiduhishiye iki?
Igihe kizaza kiduhishiye iki?
Ese wigeze wibaza uko bizakugendekera wowe n’umuryango wawe? Bibiliya igira iti:
“Abakiranutsi bazaragwa isi, kandi bazayituraho iteka ryose.”—Zaburi 37:29.
Iyi gazeti y’Umunara w’Umurinzi izagufasha gusobanukirwa umugambi Imana ifitiye isi n’abantu, n’icyo wakora kugira ngo uwo mugambi uzakugirire akamaro.
Bahanuye iby’igihe kizaza
Abantu bagiye bavuga ibizabaho mu gihe kiri imbere, ariko ugasanga ibyo bavuga bitandukanye kandi atari ukuri.
Ese kuragurisha inyenyeri no kuraguza bisanzwe bituma abantu bamenya iby’igihe kizaza?
Ese ubwo buryo bwo kuragura burizewe?
Ubuhanuzi bwasohoye
Ubuhanuzi bwo muri Bibiliya bwarasohoye.
Inyubako igaragaza ko ubuhanuzi bwa Bibiliya ari ukuri
Inyubako ya kera iri i Roma igaragaza ko ubuhanuzi bwo muri Bibiliya busohora.
Amasezerano y’Imana azasohora
Ubuhanuzi bwinshi bwo muri Bibiliya bwarasohoye, ariko hari n’ubuzasohora mu gihe kizaza.
Ushobora kubaho iteka ku isi
Bibiliya igaragaza umugambi Imana ifitiye abantu.
Hitamo uko uzabaho
Hari abatekereza ko ibiba ku bantu bidaterwa n’ibyo bahitamo, ahubwo biterwa n’ibyo Imana yabandikiye, ariko se ibyo ni ukuri?
‘Abicisha bugufi bazaragwa isi’
Bibiliya idusezeranya ko akarengane n’ibibi bizavaho