Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

UMUNARA W’UMURINZI No. 2 2018 | Igihe kizaza kiduhishiye iki?

Igihe kizaza kiduhishiye iki?

Ese wigeze wibaza uko bizakugendekera wowe n’umuryango wawe? Bibiliya igira iti:

“Abakiranutsi bazaragwa isi, kandi bazayituraho iteka ryose.”​—Zaburi 37:29.

Iyi gazeti y’Umunara w’Umurinzi izagufasha gusobanukirwa umugambi Imana ifitiye isi n’abantu, n’icyo wakora kugira ngo uwo mugambi uzakugirire akamaro.

 

Bahanuye iby’igihe kizaza

Abantu bagiye bavuga ibizabaho mu gihe kiri imbere, ariko ugasanga ibyo bavuga bitandukanye kandi atari ukuri.

Ubuhanuzi bwasohoye

Ubuhanuzi bwo muri Bibiliya bwarasohoye.

Inyubako igaragaza ko ubuhanuzi bwa Bibiliya ari ukuri

Inyubako ya kera iri i Roma igaragaza ko ubuhanuzi bwo muri Bibiliya busohora.

Amasezerano y’Imana azasohora

Ubuhanuzi bwinshi bwo muri Bibiliya bwarasohoye, ariko hari n’ubuzasohora mu gihe kizaza.

Ushobora kubaho iteka ku isi

Bibiliya igaragaza umugambi Imana ifitiye abantu.

Hitamo uko uzabaho

Hari abatekereza ko ibiba ku bantu bidaterwa n’ibyo bahitamo, ahubwo biterwa n’ibyo Imana yabandikiye, ariko se ibyo ni ukuri?

‘Abicisha bugufi bazaragwa isi’

Bibiliya idusezeranya ko akarengane n’ibibi bizavaho