NIMUKANGUKE! No. 3 2016 | Ikibazo cy’indimi cyarakemutse!

Abahamya ba Yehova bakora umurimo utoroshye wo guhindura mu zindi ndimi.

INGINGO Y'IBANZE

Inzitizi z’ururimi si iza none!

Kuki Abahamya ba Yehova bahindura ibitabo mu ndimi nyinshi?

INGINGO Y'IBANZE

Ikibazo cy’indimi cyarakemutse—Uko duhindura mu zindi ndimi

Umuhinduzi usobanura uko bakora.

ABANTU BA KERA

Ignaz Semmelweis

Yafashije imiryango myinshi yo muri iki gihe. Kubera iki?

INAMA ZIGENEWE UMURYANGO

Uko mwaganira ku bibazo mufite

Umugabo n’umugore bagira uburyo butandukanye bwo kuvuga ibibari ku mutima. Kumenya aho batandukaniye bishobora kugufasha.

ICYO BIBILIYA IBIVUGAHO

Ukwizera

Bibiliya igira iti ‘udafite ukwizera ntashobora gushimisha Imana.’ Ukwizera ni iki kandi se kuki ari ukw’ingenzi? Wakora iki ngo ukugire?

Uko wakwitwara mu gihe hari ibyokurya bikugwa nabi

Ese umuntu ku giti cye yamenya ikimutera ubwivumbure cyangwa ikimugwa nabi?

ESE BYARAREMWE?

Ijosi ry’ikimonyo

Utwo dusimba dushobora dute kwikorera ibintu bibirusha ibiro incuro nyinshi?

Ibindi wasomera kuri interineti

‘Ubutumwa bwiza ku bantu bo mu mahanga yose, imiryango yose n’indimi zose’

Kugira ngo ukuri ko muri Bibiliya kugere ku bantu benshi bashoboka, ni ngombwa ko guhindurwa mu ndimi zitandukanye. Ibyo bikorwa bite? Ni ibihe bibazo abakora ako kazi bahura na byo?