Ikinyarwanda
NIMUKANGUKE! Uko wabona ibyishimo
https://cms-imgp.jw-cdn.org/img/p/g/201803/YW/pt/g_YW_201803_lg.jpg

NIMUKANGUKE! No 1 2018 | Uko wabona ibyishimo

NI HE TWAVANA INAMA ZATUMA TUGIRA IBYISHIMO?

Bibiliya igira iti: “Hahirwa abakomeza kuba indakemwa mu nzira zabo.”​—Zaburi 119:1.

Ingingo zirindwi zikurikira zirakwereka amahame y’ingenzi yafashije abantu benshi kugira ibyishimo.

 

UKO WABONA IBYISHIMO

Menya ibanga ryo kugira ibyishimo

Ese wumva wishimye? Niba wishimye se, ni iki kigushimisha?

UKO WABONA IBYISHIMO

Kunyurwa no kugira ubuntu

Abantu bakunda kuvuga ko ibyishimo no kugira icyo ugeraho bipimirwa ku byo umuntu atunze. Ese amafaranga n’ubutunzi bituma umuntu agira ibyishimo nyakuri?

UKO WABONA IBYISHIMO

Kugira amagara mazima no kwihangana

Ese uburwayi bushobora kubuza umuntu ibyishimo?

UKO WABONA IBYISHIMO

Urukundo

Gukunda abandi no gukundwa bituma umuntu agira ibyishimo.

UKO WABONA IBYISHIMO

Kubabarira

Umuntu uhorana uburakari n’inzika atagira ibyishimo n’amagara mazima.

UKO WABONA IBYISHIMO

Kugira intego mu buzima

Kubona ibisubizo by’ibibazo bikomeye twibaza ku buzima bituma tugira ibyishimo.

UKO WABONA IBYISHIMO

Ibyiringiro

Abantu benshi ntibagira ibyishimo iyo batizeye uko bazamera mu gihe kizaza cyangwa uko abo bakunda bazamera.

UKO WABONA IBYISHIMO

Menya byinshi

Hari ibintu byinshi bituma umuntu yishima cyangwa ntiyishime. Menya ikintu kitagura amafaranga, gishobora kugufasha kubona ibyishimo.