NIMUKANGUKE! No 1 2018 | Uko wabona ibyishimo
NI HE TWAVANA INAMA ZATUMA TUGIRA IBYISHIMO?
Bibiliya igira iti: “Hahirwa abakomeza kuba indakemwa mu nzira zabo.”—Zaburi 119:1.
Ingingo zirindwi zikurikira zirakwereka amahame y’ingenzi yafashije abantu benshi kugira ibyishimo.
UKO WABONA IBYISHIMO
Menya ibanga ryo kugira ibyishimo
Ese wumva wishimye? Niba wishimye se, ni iki kigushimisha?
UKO WABONA IBYISHIMO
Kunyurwa no kugira ubuntu
Abantu bakunda kuvuga ko ibyishimo no kugira icyo ugeraho bipimirwa ku byo umuntu atunze. Ese amafaranga n’ubutunzi bituma umuntu agira ibyishimo nyakuri?
UKO WABONA IBYISHIMO
Kugira amagara mazima no kwihangana
Ese uburwayi bushobora kubuza umuntu ibyishimo?
UKO WABONA IBYISHIMO
Kubabarira
Umuntu uhorana uburakari n’inzika atagira ibyishimo n’amagara mazima.
UKO WABONA IBYISHIMO
Kugira intego mu buzima
Kubona ibisubizo by’ibibazo bikomeye twibaza ku buzima bituma tugira ibyishimo.
UKO WABONA IBYISHIMO
Ibyiringiro
Abantu benshi ntibagira ibyishimo iyo batizeye uko bazamera mu gihe kizaza cyangwa uko abo bakunda bazamera.
UKO WABONA IBYISHIMO
Menya byinshi
Hari ibintu byinshi bituma umuntu yishima cyangwa ntiyishime. Menya ikintu kitagura amafaranga, gishobora kugufasha kubona ibyishimo.

