Icyo bagenzi bawe babivugaho
Uko ugaragara
Abakiri bato bahangayikishwa cyane n’uko bagaragara. Dore icyo bamwe babivugaho.
Ibindi wamenya
IBIBAZO URUBYIRUKO RWIBAZA
Ese mpangayikishwa n’isura yanjye?
Niba uhangayikishwa n’isura yawe, wakora iki ngo ntibiguteshe umutwe?
IBIBAZO URUBYIRUKO RWIBAZA
Kuki utagombye kwigana abantu ubona mu itangazamakuru?—Igice cya 1: Ibireba abakobwa
Hari abakiri bato benshi bibwira ko barimo bitoza imico igomba kubaranga, ariko mu by’ukuri bakaba barimo bigana ibyo babonye mu itangazamakuru.
IBIBAZO URUBYIRUKO RWIBAZA
Kuki utagombye kwigana abantu ubona mu itangazamakuru?—Igice cya 2: Ibireba abahungu
Ese kwigana abantu ubona mu itangazamakuru byaba bituma abandi batagukunda?
URUBYIRUKO
Ibibazo urubyiruko rwibaza n’ibisubizo byabyo, Umubumbe wa 1
Dore zimwe mu ngingo zirimo: inzoga n’ibiyobyabwenge, imibonano mpuzabitsina, kurambagiza.
URUBYIRUKO
Ibibazo urubyiruko rwibaza n’ibisubizo byabyo, Umubumbe wa 2
Dore zimwe mu ngingo zirimo: ishuri, imyidagaduro, urungano, ababyeyi, imihindagurikire y’umubiri, uko wiyumva, n’abo mudahuje igitsina.
ICYO BAGENZI BAWE BABIVUGAHO