Abagize umuryango
Uko wabana amahoro na bene wanyu
Ushobora kubaha ababyeyi bawe udashyize mu kaga ishyingiranwa ryawe.
Uko wabana neza na sobukwe na nyokobukwe
Inama eshatu zagufasha gukemura ibibazo ufitanye na sobukwe na nyokobukwe ntibiguteranye n’uwo mwashakanye.
Bibiliya ivuga iki ku birebana no kwita ku babyeyi bageze mu za bukuru?
Bibiliya irimo ingero z’abagaragu b’Imana bitaye ku babyeyi babo kandi igaragaza inama zafasha abafite ababo bagomba kwitaho.
‘Kubaha so na nyoko’ bisobanura iki?
Soma iyi ngingo wumve ibyo iryo tegeko risobanura.
Icyo wakora mu gihe uwo urwaje ari hafi gupfa
Abagize umuryango bafasha bate umurwayi wabo ugiye gupfa? Abarwaza bakora iki ngo bihanganire ibibazo bahura na byo igihe barwaje umuntu?
Uko imiryango irimo abana badahuje ababyeyi yabana neza na bene wabo
Amahame yo muri Bibiliya yafasha ate imiryango irimo abana badahuje ababyeyi kubana neza n’incuti na bene wabo

