Ikinyarwanda
Kwitoza imico ishimisha Imana
https://cms-imgp.jw-cdn.org/img/p/1011580/univ/art/1011580_univ_sqr_xl.jpg

Kwitoza imico ishimisha Imana

Uko wabona ibyishimo—Kunyurwa no kugira ubuntu

Abantu bakunda kuvuga ko ibyishimo no kugira icyo ugeraho bipimirwa ku byo umuntu atunze. Ese amafaranga n’ubutunzi bituma umuntu agira ibyishimo nyakuri?

Bibiliya ivuga iki ku birebana no gushimira?

Gushimira bigira akamaro cyane. Wabyitoza ute kandi se byakugirira akahe kamaro?

Gutanga bihesha imigisha

Gutanga bigirira akamaro utanga n’uhabwa. Bikomeza ubucuti kandi bigatuma abantu babana neza. Menya uko wakwitoza kugira ubuntu

Kugira neza ni umuco w’ingenzi mu maso y’Imana

Ese wagombye kugirira neza abandi? Imana ibona ite uwo muco?

Uko wabona ibyishimo—Urukundo

Gukunda abandi no gukundwa bituma umuntu agira ibyishimo.

Ivangura​—Jya ukunda abantu

Gukunda abandi bishobora gutuma utagira ivangura. Suzuma ibyagufasha.

Ivangura—Jya wishyira mu mwanya w’abandi

Kutishyira mu mwanya w’abandi bigaragaza iki?

Icyadufasha kureka inzangano—Kutarobanura ku butoni

Ikuremo urwango, wigana Imana itarobanura ku butoni.

Uko wategeka uburakari

Gukomeza kurakara no guhisha uburakari bishobora kwangiza ubuzima bwawe. None se wakora iki mu gihe uwo mwashakanye akurakaje?

Ubugwaneza ni umuco ugaragaza ubwenge

Ntibyoroshye gutuza mu gihe umuntu akurenganyije, ariko Bibiliya ishishikariza Abakristo kugwa neza. Ni iki cyagufasha kwitoza uwo muco wubahisha Imana?

Uko wakwitoza kwihangana

Ibintu bine byatuma twitoza kwihangana bikanaturinda ingaruka zo kutihangana.

Ni iki kiranga incuti nyancuti?

Abantu benshi bazi akamaro ko kugira incuti nyancuti. Wakora iki ngo ubere abandi incuti nyancuti? Iyi ngingo isuzuma amahame ane yo muri Bibiliya yabigufashamo.

Uko wabona ibyishimo—Kubabarira

Umuntu uhorana uburakari n’inzika atagira ibyishimo n’amagara mazima.

Mubabarirane rwose

Ese kubabarira abandi ni ugupfobya ikosa twakorewe cyangwa kwibagirwa ko twahemukiwe?

Akamaro ko kuba inyangamugayo

Umuntu wabaye indahemuka agaragaza akamaro ko kuba inyangamugayo.