Ikiganiro twagiranye na Pia Di Benedetto, M.D.
Avuga ko umurwayi ashobora kuvurwa adatewe amaraso nubwo yaba afite ikibazo gikomeye cyo kubagwa.
Ikiganiro twagiranye na Patrizio Mazza, M.D.
Avuga ko kuvura umurwayi ufite ibibazo bya kanseri utamuteye amaraso bishoboka.
Ikiganiro twagiranye na Alfredo Guglielmi, M.D.
“Abahamya ba Yehova batumye twitondera uburyo dukoresha amaraso, binyuze mu gutegura umurwayi, gukoresha neza uburyo bwose butuma umurwayi adatakaza amaraso menshi igihe abagwa no kwita ku murwayi ufite amaraso make mbere y’uko abagwa.”
Ikizere ni cyose mu gihe bategereje umwanzuro w’Urukiko rw’Ikirenga
Ku itariki ya 30 Kamena 2018, Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegekonshinga rwo muri Koreya y’Epfo ruzafata umwanzuro urebana no gushyiraho itegeko rigenga imirimo ya gisiviri isimbura iya gisirikare.
Leta y’u Burusiya yafatiriye amazu y’ibiro bikuru byacu
Mbere y’uko urukiko rwumva ubujurire bw’Abahamya, hari umunyamakuru n’impuguke mu by’amadini n’abavoka babiri baburanira Abahamya bavuze ko ibyo leta y’u Burusiya igiye gukora ari ukurenganya Abahamya.
Kaminuza ya Padua yakiriye inama yigaga uburyo bwo kuvura abarwayi badatewe amaraso
Mu gihe cyashize, gutera umurwayi amaraso byafatwaga nk’aho nta ngaruka bigira kandi ko ari bwo buryo bwonyine umuganga yakoresha avura umurwayi urembye cyangwa amubaga. Abenshi mu batanze ibiganiro muri iyo nama bagiye barwanya iyo mitekerereze.
Ikiganiro twagiranye n’umwarimu muri kaminuza witwa Massimo P. Franchi, M.D.
“Nshimira Abahamya ba Yehova cyane. Batumye abadogiteri basanzwe, nange ndimo, bamenya akamaro ko kudakoresha amaraso mu kuvura.”
Ikiganiro twagiranye n’umwarimu wo muri kaminuza witwa Antonio D. Pinna, M.D.
“Sinavuga ko impamvu ituma umurwayi yanga amaraso, ari idini rye. Hari abarwayi batari n’Abahamya ba Yehova, baba badashaka guterwa amaraso.”
Ikiganiro twagiranye na Luca P. Weltert, M.D.
“Usanga abaganga batagikunze gutera abantu amaraso, kandi ibyo ntibikorwa ku barwayi b’Abahamya gusa ahubwo bikorwa no ku isi hose. Byaje kugaragara ko kudatera abantu amaraso bigira akamaro.”
Amakoraniro y’Abahamya ba Yehova yo mu mwaka wa 2018 azatangira muri Gicurasi
Mbere y’uko ayo makoraniro atangira, Abahamya ba Yehova bo hirya no hino ku isi, bazakora gahunda yo gutumirira abantu bose kuzaza kwifatanya na bo muri ayo makoraniro.
Abategetsi b’u Burusiya barashaka gufatira umutungo w’Umuryango w’Abahamya ba Yehova wo muri Amerika
Urukiko rw’umugi wa Saint Petersbourg ruzumva ubujurire bw’umwanzuro wo gufatira ibiro by’Abahamya mu Burusiya.