U Burusiya bwafunze abandi Bahamya ba Yehova
Abayobozi b’u Burusiya bakomeje gutoteza Abahamya ba Yehova, bakabafunga bazira imyizerere yabo.
U Burusiya bwafunze abandi Bahamya ba Yehova
Abayobozi b’u Burusiya bakomeje gutoteza Abahamya ba Yehova, bakabafunga bazira imyizerere yabo.
Abahamya ba Yehova bafunzwe bazira ukwizera kwabo: Aho bafungiwe
Abahamya ba Yehova bafungiwe mu bihugu bitandukanye bazira ukwizera kwabo, kandi rimwe na rimwe bafungirwa mu mimerere mibi.
Abahamya ba Yehova bo muri Ukraine bararenganuwe
Urukiko rw’ikirenga rwatesheje agaciro ikirego cy’abashakaga gufata ikibanza cy’Abahamya ba Yehova.
Umuhamya wa Yehova ufite imyaka 70 witwa Arkadya Akopyan akaba yarahoze ari umudozi ni umuturage w’inyangamugayo, kandi ushaka gusenga Imana ye mu mahoro
Umuhamya wa Yehova ufite imyaka 70 witwa Arkadya Akopyan akaba yarahoze ari umudozi ni umuturage w’inyangamugayo, kandi ushaka gusenga Imana ye mu mahoro
Urukiko rwo muri Oryol rwatangiye kumva abatangabuhamya mu rubanza rwa Dennis Christensen
Dennis Christensen afunzwe by’agateganyo kuva muri Gicurasi 2017. Ashobora gukatirwa igifungo k’imyaka itandatu kugera ku icumi azira gukora ibikorwa by’idini.
Abahamya bo mu Burusiya batangiye kugiriwa nabi
Nyuma yo gusesa imiryango yari ihagarariye Abahamya mu by’amategeko, abategetsi b’u Burusiya badukiriye Abahamya ku giti cyabo bababuza gusenga.
Abahamya bageze mu za bukuru babiri bapfiriye muri gereza yo muri Eritereya
Habtemichael Tesfamariam na Habtemichael Mekonen bapfiriye muri gereza ya Mai Serwa mu ntangiriro z’umwaka wa 2018. Bombi bafunzwe barengana bazira ukwizera kwabo kandi bamaze imyaka hafi icumi babaho mu buzima bubi bwo muri gereza kandi bafatwa nabi.