Ibintu byihariye byabaye mu mateka ya Azerubayijani
Ku itariki ya 29 MUTARAMA 2010—Komite Ishinzwe iby’amadini muri Azerubayijani yanze ko Abahamya ba Yehova bongera kwiyandikisha
Ku itariki ya 8 GICURASI 2009—Leta yahinduye itegeko rigenga uburenganzira umuntu afite mu birebana no kugira idini kandi ryatumye Abahamya bongera kubona uburyo bwo kwiyandikisha
Ku itariki ya 7 GASHYANTARE 2002—Abahamya bo mu mujyi wa Baku bahawe ubuzimagatozi na Komite ishinzwe iby’amadini (SCWRA)
Ku itariki ya 25 MUTARAMA 2001—Azerubayijani cyinjiye mu nama y’umuryango w’ibihugu by’i Burayi. Iba ibaye igihugu cya 43 kiri muri uwo muryango
Ku itariki ya 22 UKUBOZA 1999—Abahamya ba Yehova bo mu gace ka bemewe mu rwego rw’amategeko na minisiteri y’Ubutabera.

