Uko wabona ibyo ushaka

Jya kuri meni y'ibanze

Soma ibirimo

Abahamya ba Yehova

  • I Kigali, mu Rwanda​—⁠Batanga agatabo Tega Imana amatwi uzabeho iteka

    Amakuru y’ibanze—⁠Rwanda

    • Abaturage—⁠11.689.696

    • Ababwirizabutumwa—⁠22.734

    • Amatorero—⁠487

    • Ikigereranyo cy’Umuhamya wa Yehova ku baturage—⁠1 kuri 514

     

FUNGURA

“Ubu butumwa bwiza bw’ubwami buzabwirizwa mu isi yose ituwe.”—Matayo 24:14.

FUNGA

“Ubu butumwa bwiza bw’ubwami buzabwirizwa mu isi yose ituwe.”—Matayo 24:14.

Abahamya ba Yehova ni bantu ki?

Nubwo dukomoka mu moko abarirwa mu magana, kandi tukaba tuvuga indimi zitandukanye, twese dusenyera umugozi umwe. Ikiruta byose, tugamije guhesha ikuzo Yehova, Imana ivugwa muri Bibiliya ikaba n’Umuremyi wa byose. Twihatira kwigana Yesu Kristo, kandi duterwa ishema no kwitwa Abakristo. Buri wese muri twe amara igihe afasha abandi kumenya ibyerekeye Bibiliya n’Ubwami bw’Imana. Twitwa Abahamya ba Yehova, kuko duhamya ibyerekeye Yehova Imana n’Ubwami bwe.

Ogoga urubuga rwacu. Somera Bibiliya kuri interineti. Menya abo turi bo n’imyizerere yacu.

 

ABASHAKANYE & ABABYEYI

Uko washyiriraho amategeko abana bawe b’ingimbi

Wakora iki mu gihe abana bawe bakomeje kumva babangamiwe n’amategeko ubashyiriraho?

URUBYIRUKO

Nakora iki ngo ncike ku ngeso yo kurazika ibintu?

Reba inama zagufasha gucika ku ngeso yo kurazika ibintu

ABANA

Ni irihe somo twavana ku mugizi wa nabi?

Igihe Yesu yari agiye gupfa, yasezeranyije umugizi wa nabi bari kumwe ko bazabana muri paradizo. Ni iki yashakaga kuvuga? Kandi se iyo paradizo izaba imeze ite?

Saba kwiga Bibiliya

Iga Bibiliya ku gihe kikunogeye n’ahantu hakunogeye.

Ibitabo biboneka

Reba inyandiko zisohotse vuba n’izisanzweho.

Reba videwo zo mu rurimi rw’amarenga

Iga Bibiliya ukoresheje videwo zo mu rurimi rw’amarenga.

INJIRA