Uko wabona ibyo ushaka

Jya kuri meni y'ibanze

Soma ibirimo

Abahamya ba Yehova

  • Umugi wa Livingstone muri Zambiya​—Batanga igitabo Ni iki mu by’ukuri Bibiliya yigisha? mu isoko

    Amakuru y’ibanze—Zambiya

    • Abaturage13.883.577

    • Ababwirizabutumwa162.370

    • Amatorero2.488

    • Ikigereranyo cy’Umuhamya wa Yehova ku baturage1 kuri 86

     

  • Umugi wa Frankfurt, mu Budage​—Baganira ku nama zirangwa n’ubwenge ziboneka muri Bibiliya

    Amakuru y’ibanze—U Budage

    • Abaturage82.302.000

    • Ababwirizabutumwa164.871

    • Amatorero2.237

    • Ikigereranyo cy’Umuhamya wa Yehova ku baturage1 kuri 499

  • Intara ya Bali muri Indoneziya​—Bigisha Bibiliya umuhinzi w’umuceri hafi y’umugi wa Ubud

    Amakuru y’ibanze—Indoneziya

    • Abaturage237.600.000

    • Ababwirizabutumwa23.539

    • Amatorero392

    • Ikigereranyo cy’Umuhamya wa Yehova ku baturage1 ku 10.094

     

  • Umudugudu wa Oqaatsut, muri Gurunilandi​—Baganira kuri Bibiliya n’umuryango wo muri ako gace

    Amakuru y’ibanze—Gurunilandi

    • Abaturage57.000

    • Ababwirizabutumwa157

    • Amatorero6

    • Ikigereranyo cy’Umuhamya wa Yehova ku baturage1 kuri 363

     

FUNGURA

“Ubu butumwa bwiza bw’ubwami buzabwirizwa mu isi yose ituwe.”—Matayo 24:14.

FUNGA

“Ubu butumwa bwiza bw’ubwami buzabwirizwa mu isi yose ituwe.”—Matayo 24:14.

Abahamya ba Yehova ni bantu ki?

Nubwo dukomoka mu moko abarirwa mu magana, kandi tukaba tuvuga indimi zitandukanye, twese dusenyera umugozi umwe. Ikiruta byose, tugamije guhesha ikuzo Yehova, Imana ivugwa muri Bibiliya ikaba n’Umuremyi wa byose. Twihatira kwigana Yesu Kristo, kandi duterwa ishema no kwitwa Abakristo. Buri wese muri twe amara igihe afasha abandi kumenya ibyerekeye Bibiliya n’Ubwami bw’Imana. Twitwa Abahamya ba Yehova, kuko duhamya ibyerekeye Yehova Imana n’Ubwami bwe.

Ogoga urubuga rwacu. Somera Bibiliya kuri interineti. Menya abo turi bo n’imyizerere yacu.

 

ABASHAKANYE & ABABYEYI

Uko watoza umwana wawe kumvira

Gucyaha bisobanura kwigisha. Amahame ya Bibiliya ashobora kugufasha kwigisha umwana wawe w’ingimbi cyangwa umwangavu kumvira, bigatuma atigomeka.

URUBYIRUKO

Ese duhagarike ubucuti twari dufitanye?—⁠Igice cya 1

Abashyingiranywe babana akaramata. Ku bw’ibyo, niba ushidikanya ku muntu murimo murambagizanya, ntukirengagize ibyiyumvo byawe!

ABANA

Yakobo na Esawu

Ni iri he somo twavana kuri Yakobo na Esawu? Soma iyi nkuru ishushanyije yo muri Bibiliya, uvane imyitozo kuri interineti muyikorere mu muryango.

Saba kwiga Bibiliya

Iga Bibiliya ku gihe kikunogeye n’ahantu hakunogeye.

Ibitabo biboneka

Reba inyandiko zisohotse vuba n’izisanzweho.

Reba videwo zo mu rurimi rw’amarenga

Iga Bibiliya ukoresheje videwo zo mu rurimi rw’amarenga.

INJIRA